• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Lazare Sebitereko, yafunzwe Uvira muntara ya Kivu yamajy’Epfo.

minebwenews by minebwenews
June 30, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Lazare Sebitereko, ari mumaboko yabashinzwe umutekano muri Kivu yamajy’Epfo, mugace ka Uvira.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 30/06/2023, saa 5:15pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Amakuru amaze kumenyekana nuko Umuyobozi mukuru w’ishuri rya Kaminuza rya Ebenezer mu Minembwe, Dr Lazare Sebitereko, ko ari mumaboko yabashinzwe umutekano i Buvira aho byamaze kwemezwa ko afitwe nurwego rushinzwe ubutasi mungabo za Republika ya Democrasi ya Congo (TD).

Kuruyu wa Gatatu w’iki cyumweru, nibwo inkuru zacicibakanye kumbuga nkoranya mbaga ko Dr Lazare Sebitereko, yafunzwe ubwo yavaga mu Minembwe ageze mugace ka Kavinvira ho muri teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, ko yafunzwe aho byarimo bivugwa ko yafashwe nurwego rwa ANR. Nyuma yaho mugihe kitarenze amasaha agera kurabiri bivugwa ko baje kumufungura.

Mumakuru yizewe Minembwe Capital News, dukesha abaturiye agace ka Uvira nuko Dr Lazare Sebitereko, yafashwe tariki 28/06, aba bamufashe bamaze kumusambisha bamushikirije ingabo z’u Burundi akaba aribwo byatangajwe ko uyu mugabo yafunguwe ariko nyuma abashinzwe ubutasi mungabo za Republika ya Democrasi ya Congo bongeye kuja kumufata maze bamushikiriza abashinzwe ibiro bya TD (Service de reignement).

Hakaba haramakuru avuga ko izi nzego zishinzwe ubutasi mungabo za FARDC, kozaba zamaze kugeza Dr Lazare muri Prison ya Bukavu.

Nkuko inkuru yakomeje ivugwa nabaturiye agace ka Uvira, Dr Lazare Sebitereko, inzego zishinzwe ubutasi mungabo za FARDC bafashe uyu mugabo w’u Munyamulenge kukibazo cyavuzwe munkuru iheruka gutangazwa n’urubuga rwa Africa Intelligence ivuga kuri Mahoro Peace Association ko ifasha abarwana muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo. Bakaba bamushinja gukorana nirishirahamwe rya Mahoro Peace Association.

Gusa nkuko Abanyamulenge bavuga uyu mugabo Dr Lazare Sebitereko, nuko azwiho kuba ari umukozi w’Imana aho bivugwa ko yagiye akora Imirimo itandukanye mumisozi miremire y’Imulenge. Azwiho kubaka amashuli mu Minembwe, Mikarati, Rurambo nahandi.

Dr Lazare kandi azwiho kuba yarubatse ishuri rikuru rya Kaminuza rya Ebenezer mu Minembwe, rizwi nka U.EMI(Université Eben Ezer de Minembwe).

Tags: arafunzweDr Lazare SebiterekoRdcTDUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

JOHANNESBURG: South Africa an ICC member to host the BRICS bloc summit despite Vladimir Putin arrest warrant.

Comments 1

  1. Vanita Menendez says:
    2 years ago

    Hello minembwecapital.com owner, You always provide clear explanations and step-by-step instructions.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?