Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Drone igira kabiri y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahuye n’uruva gusenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 24, 2024
in Regional Politics
0
Drone igira kabiri y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahuye n’uruva gusenya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Drone ya kabiri y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yahindutse umuyonga, ku k’ibuga cy’Indege cya Kavumu, giherereye i Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bya vuzwe ko iriya drone yarashwe n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23 aho yarashwe n’abasirikare ka buhariwe bo muri uwo mutwe wa M23, bakaba bakoresheje imbunda ya Mortier.

Nk’uko bya vuzwe, iriya drone yarashwe igihe c’isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24/01/2024, kandi ko abantu bane aribo bakomerekejwe mugihe yari maze kuraswa.

Amakuru yizewe avuga ko abayirashe bayirashe baherereye mubice birihafi n’u Mujyi wa Goma, maze iza kwerekeza i Kavumu, kugira isanwe, biza kurangira ihindutse umuyonga ubwo yarimo yika hasi ku k’ibuga cy’Indege cya Kavumu.

Ibi bibaye mugihe umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yari yatangaje ko batazakomeza kurebera ibibi bikorwa n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa na SADC, ko ahubwo bagiye gukora ibishoboka byose bashireho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kanyuka, kandi yavuze ko leta ya Kinshasa yanze bidasubirwaho ibiganiro bibahuza avuga ko Kinshasa, yahisemo inzira y’intambara ko kandi babyerekanye ubwo baguraga drone z’itatu zo kugira bahashye umutwe wa M23 ariko ko bamaze kurasa imwe irasha.

Bivuze ko Kinshasa isigaranye drone imwe ni mugihe iyavuzwe haruguru yahindutse umuyonga.

Bruce Bahanda.

Tags: Drone igira kabiri y'Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya CongoYahuye n'uruva gusenya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mugace ka Kanyangohe, kuri uy’u wa Gatatu, hongeye kuvugwa urugamba ruremereye, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Kinshasa.

Ukuri ni ukuhe n'inde ugenzura Mweso, hagati ya Guverinoma ya Kinshasa na M23?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?