Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Drone yafashaga ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, gutara amakuru y’umwanzi wabo, M23 ya yihanuye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2024
in World News
1
Drone yafashaga ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, gutara amakuru y’umwanzi wabo, M23 ya yihanuye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Drone yafashaga ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kubaha amakuru, M23 ya yihanuye.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni mu mirwano ikaze yabaye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 01/05/2024, aho amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyo mirwano yabaye igihe c’isaha z’u mugoroba, ibereye mu bice byo muri Grupema ya Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru avuga ko igikoresho cyo mu bwoko bwa Drone, Ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC, cyabafashaga gutara amakuru y’umwanzi wabo, cyahanuwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (M23).

Herekanwe n’amashusho agaragaza ako gakoresho ki korana buhanga karimo gushya, nyuma y’uko M23 yari maze ku karasa kagwa hasi, ubona kangiritse ndetse gatumukaho n’umwotsi.

Amakuru avuga ko ako gakoresho kataraga amakuru, kandi kagafasha gufata amashusho meza, nk’uko amakuru y’ibanze abivuga.

Si ubwambere M23 ihanura ibikoresho by’agisirikare, byo murwego rukomeye, kuko n’ubushize yahanuye izindi Drone z’intambara zirenze zibiri, harimo ko yahanuye n’indege zari zarabanje kubazengereza.

Mu mpera z’ukwezi kwa Kabiri intambara yari remereye mu nkengero za centre ya Sake, icyo gihe igisirikare cya leta ya Kinshasa, cyakoresheje Indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoï-25 ndetse n’izindi, ariko kuri ubu, izo ndege z’intambara ntizikirasa, bikavugwa ko M23 nyuma y’uko yarimaze kugira izo irasaho zikangirika, byatumye izi sigaye zihungishwa.

Imyaka igiye kuba itatu hari uguhangana gukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, kugeza aho leta ya Kinshasa yiyambaza igisirikare cy’ibindi bihugu, ariko bikarangira byose bikubiswe hasi na M23.

N’ubwo biruko leta ikomeje kwinangira kuganira n’uwo mutwe ukomeje kwagura ubutaka.

       MCN.
Tags: DroneM23Y'ihuriro ry'ingabo za Guverinoma ya KinshasaYahanuwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y'Amajyepfo, bigira abo byica n'ibyo byangiriza.

Comments 1

  1. Pingback: DRC: M23 Yahanuye Drone Yifashishwaga n’Ihuriro ry’Ingabo za Congo Mu Rugamba – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?