Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2025
in World News
0
Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone z’u Burusiya zibarirwa hagati ya 46 na 70, kandi ko zahanuwe ubwo zarimo zitera ibisasu mu duce two hagati no mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Ukraine.

Ni byabaye ku wa kane tariki ya 09/1/2025, aho izo drone z’u Burusiya zahanuwe n’igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere .

Nk’uko igisirikare cya Ukraine cyabitangaje, cyagaragje ko ibisate by’utwo tudege tutagira abapilote twahanuwe, twangije amazu aherereye mu bice bya Cherkasy, Kharkiv na Sumy. Ndetse kandi Ingabo za Ukraine zirinda ikirere zahanuye izindi drone mu turere twa Chernihiv, Dnipropertrovsk, Kherson, Kyiv, Mykolaiv na Poltava.

Ibi bitero bibaye mu gihe misile z’u Burusiya zibasiye umujyi wa Zaporizhzhia, zigahitana abantu batari munsi ya 13, zigakomeretsa abandi 30.

Ku wa gatatu, perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yari yatangaje ko “nta kintu kibi kirenze ubugome bwo kurasa ibibombe mu kirere cy’u mujyi utuwe n’abantu ibihumbi n’ibihumbi, kandi uzi neza ko abaturage basanzwe bahazaharira.”

Ni mu gihe kandi ku wa Kane, minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yari yavuze ko yarashe indege zitagira abapilote 15 za Ukraine, zirimo izahanuwe hejuru ya karere ka Belgorod n’aka Bryansk na Krasnodar ku mupaka w’ibihugu byombi.

Guverineri w’intara ya Krasnodar, Veniamin Kondrtyv, mu butumwa yashyize hanze akoresheje urubuga rwa Telegram yavuze ko ibisate bya drone byangije amazu, ariko ko nta bantu bahitanywe n’ibyo bitero bikaze.

Tags: DroneU BurusiyaUkraine
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w'imbunda, maze iyabangira ingata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?