• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in World News
0
Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Drone z’u Burusiya zahuye n’uruva gusenya.

You might also like

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye drone z’u Burusiya zibarirwa hagati ya 46 na 70, kandi ko zahanuwe ubwo zarimo zitera ibisasu mu duce two hagati no mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Ukraine.

Ni byabaye ku wa kane tariki ya 09/1/2025, aho izo drone z’u Burusiya zahanuwe n’igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere .

Nk’uko igisirikare cya Ukraine cyabitangaje, cyagaragje ko ibisate by’utwo tudege tutagira abapilote twahanuwe, twangije amazu aherereye mu bice bya Cherkasy, Kharkiv na Sumy. Ndetse kandi Ingabo za Ukraine zirinda ikirere zahanuye izindi drone mu turere twa Chernihiv, Dnipropertrovsk, Kherson, Kyiv, Mykolaiv na Poltava.

Ibi bitero bibaye mu gihe misile z’u Burusiya zibasiye umujyi wa Zaporizhzhia, zigahitana abantu batari munsi ya 13, zigakomeretsa abandi 30.

Ku wa gatatu, perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yari yatangaje ko “nta kintu kibi kirenze ubugome bwo kurasa ibibombe mu kirere cy’u mujyi utuwe n’abantu ibihumbi n’ibihumbi, kandi uzi neza ko abaturage basanzwe bahazaharira.”

Ni mu gihe kandi ku wa Kane, minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yari yavuze ko yarashe indege zitagira abapilote 15 za Ukraine, zirimo izahanuwe hejuru ya karere ka Belgorod n’aka Bryansk na Krasnodar ku mupaka w’ibihugu byombi.

Guverineri w’intara ya Krasnodar, Veniamin Kondrtyv, mu butumwa yashyize hanze akoresheje urubuga rwa Telegram yavuze ko ibisate bya drone byangije amazu, ariko ko nta bantu bahitanywe n’ibyo bitero bikaze.

Tags: DroneU BurusiyaUkraine
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails
Next Post

FARDC yongeye kwatswaho umuriro w'imbunda, maze iyabangira ingata.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?