Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 9, 2024
in Regional Politics
0
EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EAC iri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazo bimwe na bimwe mu bihugu, harimo no kugurara amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Mu mpera z’i Cyumweru gishize, abaminisitiri b’ubanye n’amahanga n’abashinzwe EAC bahuriye mu birwa bya Zanzibar, mu gihugu cya Tanzania, kurebera hamwe ibibazo bitandukanye byo mu karere.

Iy’i Nama yamaze iminsi itatu, yahuzaga abaminisitiri bashinzwe umuryango wa Afrika y’u Burasirazuba (EAC) n’abubanyi n’amahanga, yashoje imirimo yayo ku wa Mbere, tariki ya 08/07/2024.

Aba bategetsi baganiriye ku bibazo birebana n’amahoro n’umutekano, imibanire iri hagati y’ibihugu, politiki na gahunda ngari z’uyu muryango.

Ku kibazo cy’umutekano muke urangwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bavuze ko bahangayikishijwe n’aho ibintu bitera bija, bemeza ko uburyo bwonyine bwo kubona amahoro arambye ari inzira ya politiki bityo bashyigikira ibikubiye mu biganiro byabereye i Nairobi muri Kenya n’i Luanda muri Angola hagati y’impande zorebwa n’iki kibazo.

Kubijanye n’impaka zikurura ubwumvikane buke hagati y’ibihugu, bavuze ko bifite ingaruka mbi kuri gahunda ngari y’umuryango wa EAC yo kuzahuza imipaka basaba abaminisitiri b’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo guhura vuba bishoboka naho uw’u Burundi n’uw’u Rwanda bakazagirana ibiganiro bitarenze tariki 31/10/2024, mu rwego rwo gushaka umuti ibibazo bibangamiye umubano w’ibihugu byombi.

Tubibutsa kandi ko muri iyi nama y’iminsi itatu, hagiye haba iz’indi nama ntoya, nk’i nama yahuje minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda n’uwa RDC, ndetse kandi uw’u Burundi aza kugirana nawe ibiganiro n’uw’u Rwanda, nk’uko byashizwe ahagaragara, ku rukuta rwa X, rwa Olivier Duhungirehe, minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda.

               MCN.
Tags: EACIri gukora iyo bwakabaga ngwi mareho ibibazoMu bihugu biyigize
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Kigali yagize icyo ivuga ku iseswa rya masezerano areba abimukira yagiranye n’u Bwongereza.

Leta ya Kigali yagize icyo ivuga ku iseswa rya masezerano areba abimukira yagiranye n'u Bwongereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?