• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Religion
0
Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Bikubiye mu butumwa bw’amajwi Represantant Bukuru Fabrice Nsengiyumva, ukuriye Ebenezer Worship Ministry yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu giterane bari gutegura i Nakivale ahari ikambi y’impunzi, bazafasha abapfakazi, ubufasha burimo ibitenge.

Igiterane cya Ebenezer Worship Ministry gitegenijwe kuzaba ku itariki ya 30/08/2024, ki kazarangira ku ya 01/09/2024, ki kazabera i Nakivale.

Nk’uko Represantant Bukuru Fabrice Nsengiyumva yadusobanuriye mu butumwa bw’amajwi, yagaragaje ko iyi minisiteri abereye umuyobozi irajwe inshinga n’abapfakazi basizwe n’abagabo babo baguye mu rugamba rwo ku rwanirira Imulenge, bityo ko ari muri ubwo buryo nabo bazakoresha ubushobozi bwabo buke bagire ibyo bafasha aba bapfakazi

Yagize ati: “Tuzirikana ineza y’abasore bagenzi bacu bamenye amaraso bagapfira ubwoko bwacu. Ntitwabona abadamu babo babura icyo bambara ngo ducyeceke, dutegerezwa ku mbika.”

Yashimangiye ibi avuga kandi ati: “Tuzakomeza kubazirikana, kandi dufite n’inkunga y’ibitenge, byibuze tuzaha nk’abadamu 30. Ibyo niko bimeze kandi niko tuzabikora rwose.”

Gusa, yasobanuye ko abapfakazi bazahabwa ubufasha bw’ibitenge ari abafite abagabo baguye mu ntambara zo muri iyi myaka yavuba ahanini izabereye mu misozi miremire y’Imulenge, ku Ndondo, Minembwe, Rurambo, Mibunda na Bibogobogo.

Ebenezer Worship Ministry, igwiriyemo abasore, inkumi, abagabo n’abagore, muri abo bamwe bari muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Uganda ndetse na Kenya.

Icyicaro gikuru cy’iyi minisitiri giherereye i Mbarara mu gihugu cya Uganda.

Intego nyamukuru y’iyi minisitiri ni ukuramya no kwa mamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo.

Tubibutsa ko iki giterane bari gutegura kizabera mu itorero rya Philadelphia Assemblie Of God, riri ahitwa Nyarugugu, muri Nakivale, muri Isingiro district mu majyepfo ashira uburenganzuba bwa Uganda.

          MCN.
Tags: Ebenezer Worship MinistryNakivaleYavuze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?