• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Elie Mpojeje wigeze gufatwa matekwa na Maï Maï yavuze uko yarokotse.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2024
in Uncategorized
0
Elie Mpojeje wigeze gufatwa matekwa na Maï Maï yavuze uko yarokotse.

oppo_2

60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Elie Mpojeje wigeze gufatwa matekwa na Maï Maï yavuze uko yarokotse.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Mu mwaka w’ 2022 nibwo Mpojeje uri mu kigero cy’imyaka 20 yafashwe matekwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï Bishambuke zimufatiye aho yari mu Bibogobogo ariko aza gukizwa n’umugabo w’umupfulero.

Mu buhamya uyu musore w’u Munyamulenge ukiri muto yahaye Minembwe Capital News, yavuze ko yafashwe nyuma y’igitero gikomeye abarwanyi ba Maï Maï bari bagabye mu muhana wi wabo wa Nyagisozi ho muri Bibogobogo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko abivuga, nuko iki gitero cyagabwe mu muhana w’iwabo ahagana isaha z’u rukerera rwo ku itariki ya 13/10/2022, kandi ko nyuma y’uko batewe bahise bahungira mu bice byo mu Gatenga, aha akaba ari hagati ya Nyagisozi na Lweba.

Ubuhamya bwa Mpojeje bukomeza buvuga ko we n’abandi bahungu bane ba Banyamulenge, baje kwerekeza aho Inka zabo zari ziri kandi ko zari hafi muri iyi misozi yo kuri Nyagisozi ahari habereye imirwano. Akavuga ko bagiye igihe cya manywa nyuma y’uko amasasu yari amaze guhwama atakiriko avuga.

Bakigera muri izi nka nibwo baje kuraswa na Maï Maï birangira buri umwe kwari batanu umwe ahungiye ukwe undi ukwe.

Rero uyu musore Mpojeje aho yaje kwerekeza ahunga yaje gusangayo undi mugabo nawe w’u Munyamulenge wahunze wenyine ariko asanga baraziranye kuko nawe yari uwo muri uwo muhana wa Nyagisozi.

Nyuma Mpojeje n’uyu mugabo bahujwe no guhunga, baje gukomeza bahunga n’ubundi kugeza aho baguye mu gico cya Maï Maï.

Ati: “Twabuze amahitamo dukomeza kwiruka kugeza aho twaguye muri Maï Maï, ariko twayigezemo tuziko ari Abanyamulenge ba Twirwaneho.”

Yanavuze ko aba ba Maï Maï baje kubarekura ngo kumpamvu z’uko babonaga Mpojeje ari muto uwo mugabo nawe akaba yari umusinzi ariko ngo banyaga Mpojeje urukweto yari yambaye rushya rwa Bote na telefone nto yari afite iyi bita iya matushe.

Yagize ati: “Maï Maï yadufashe mbere umwe wo muribo yaravuze ngo aba nti tubica, kuko uyu n’umwana uyu wundi bari kumwe murabona kwari umusinzi. Mubareke bazicwe n’abandi batari twe. Ariko banambura urukweto rwanjye rushya bampa urundi rushaje banjyana na gatelefone narinfite gato.”

Ubu buhamya bwa Mpojeje busoza buvuga ko nyuma y’uko bari bamaze kurekurwa na Maï Maï yabafashe mbere, nanone kandi baje kongera gufatwa n’indi yarimo umuyobozi mukuru wabo, iyari yagabye igitero mu Muhana wa Nyagisozi, ariko uwo muyobozi wa Maï Maï akaba yari kumwe n’umpfurero wahoze uturanye n’ababyeyi ba Mpojeje witwa Mbayi.

Yagize ati: “Twaje kongera gufatwa kandi n’indi Maï Maï, ariko aha ho twari twamaze kuba ikinya kuko ubwoba bwari bwashize. Aba badufashe ubugira Kabiri bari benshi cyane ndetse bari kumwe n’umuyobozi wabo, ariko Imana zacu dusanga barimo umugabo w’umupfulero witwa Mbayi uwo niwe waje kuturokora.”

Mu kubarokora, Mpojeje yavuze ko uyu Mupfulero yabwiye ba Maï Maï ko uyu mwana w’umusore atazi ibyintambara kandi ko atarigera arwana, ndetse ko na mugenzi we ari umusinzi, bityo ko bagomba kwirinda kumena amaraso yinzirakarengane.

Iki gikorwa Maï Maï yakoze cyo gufata matekwa Abanyamulenge ikabarekura cyari ikintu kidasanzwe kuko ntibikunze kubaho.

Mu busanzwe inyeshamba zo mu mutwe wa Maï Maï zikunze kuvuga ko umunyamulenge ariwe mwanzi mukuru w’igihugu icyo bita icyabo mu gihe ari igihugu cyabo bose.

          MCN.
Tags: BibogobogoElie MpojejeMai MaiMatekwaYavuze uko yarokotse
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

Ingabo za SADC zirwanirira leta ya Kinshasa zigiye guhabwa ubufasha bukaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?