• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in World News
0
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Umuherwe wo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika ufite inkomoko muri Afrika y’Epfo, Elon Musk, yatangaje ko agiye gushyinga ishyaka rye rishyasha yise “America’s Party, anagaragaza ko agiye kurishyira ku mugaragaro kimwe n’andi mashyaka nk’iry’Abarepubulikani na Abademokorate, akorera muri iki gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ibi Elon Musk yabivuzeho akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, aho yagize ati: “Mu gihe igihugu cyacu gicitse intege kubera gukoresha amafaranga yaco arenze urugero no kurya ruswa. Biragaragara ko tuba mu nzira y’ishyaka rimwe, ariko itari iya demokarasi. Uyu munsi, ishyaka rya Amerika ryabaziye ngo ribasubize mu mundendezo wanyu.”

Ibyatangajwe na Elon Musk byaje bikurikira amatora yabereye kuri x, ikoreshwa na Banyamerika barenga miliyoni 1,2, aba barayitabiriye. Hakurikijwe ibyavuye muri ayo matora abagera kuri 65,4% by’abatoye barashigikiye ko hoshyingwa ishyaka rishya muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Ibi bibaye mu gihe perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, agize iminsi aterana amagambo ku mbugankoranyambaga na Elon Musk. Bigaragaza ko hari ukutumva ibintu kimwe hagati y’abo bombi.

Mu busanzwe byari bizwi ko aba bagabo bombi ari inshuti, ndetse no mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ubushize muri Amerika, Elon Musk yashyoye imbaraga mu gushyigikira gukomeye Donald Trump.

Usibye no kumushigikira yaranamwamamaje. Nyuma y’itsinzi ya Trump yamamazaga, yahise, uyu Trump yahise amuha umwanya muri Leta, ariko baza kutumvikana kubyerekeye imisoro. Ibyanatumye Elon Musk yikura kuri uriya mwanya yari yahawe.

Elon Musk atangaje gushyinga ishyaka rishya, mu gihe Trump yari aheruka gutangaza ko agiye ku mwirukana ku butaka bwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ngo agasubira iyo akomoka muri Afrika y’Epfo.

Tags: America's PartyElon muskIshyaka
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze igisirikare cy'ikindi gihugu kirutwa na FARDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?