• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2024
in Regional Politics
1
Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo irifuza ko Karidinali Frodolin Ambongo agezwa imbere y’u butabera.

Frodolin Ambongo asanzwe ari we Karidinali muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba kandi n’umukuru w’i nama y’abepeskopi ba Afrika na Madagascar.

Ku wa Gatandatu, umushinjacyaha mukuru murukiko rusesa imanza yandikiye umushinjacyaha wo murukiko rw’u bujurire amusaba gutangiza dosiye y’ubucamanza kuri Ambongo.

Karidinali Frodolin Ambongo, ashinjwa n’umucamanza gukwiza impuha no kugumura abaturage kwanga leta ya Kinshasa.

Ashinjwa kandi kuvuga amagambo y’urucantege ku ngabo za FARDC ziri ku rugamba.

Mu minsi mike Karidinali Frodolin Ambongo yagiye y’umvikana anenga ubutegetsi bwa Kinshasa uko bukemura ikibazo cy’intambara mu Burasirazuba bwa RDC.

Uyu munyacyubahiro yanenze Leta gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo abo avuga ko bari nyuma y’umutekano muke wa Goma.

Ku mbuga nkoranya mbaga, Abanyakongo benshi bakiriye mu buryo butandukanye ingingo yu mushanjacyaha isaba ko Karidinali Frodolin Ambongo akurikiranwa n’ubutabera, mu gihe yarazwi nk’u mwe mu bantu bavuga rikijana muri RDC.

Idini rya Katolika muri Congo Kinshasa, ryo riheruka guha ibarua ubutabera bw’i Kinshasa, ibaburira ko bibeshye ngo kuko ntibafite ubushobozi bwo guhana Karidinali Frodolin Ambongo. Hari naho berekanye n’ingingo, bagaragaza ko RDC ifitanye amasezerano n’idini Katolika yo kutavogera Karidinali.

Dr Denis Mukwege, uzwi muri politiki ya Congo, kuko mu matora y’ubushize y’u mukuru w’igihugu, yari umukandida; aheruka gutangaza ko yatunguwe cyane no kumva ibyo ubucamanza buvuga kuri Karidinali Frodolin Ambongo, avuga ko ubwo bucamanza ari igikoresho cy’u butegetsi bw’i gitugu.

Yongeyeho ko ibyavuzwe na Karidinali Frodolin ari ubwisanzure mu gutanga ibitekerezo burengerwa n’itegeko nshinga.

Dr Denis Mukwege yashimangiye ibi avuga ati: “Turasaba abategetsi ba Congo Kinshasa guhagarika kwibasira umuntu ukomeye kurusha abandi muri kiliziya Gatolika muri Afrika no kubandi bose banenga ubutegetsi.

Martin Fayulu, uri mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa yatangaje ko gushaka kugeza Karidinali Frodolin Ambongo mu bucamanza ari “igitonyanga ku mazi yuzuye bigatuma asesekara.”

Yakomeje avuga ati: “Ibyo Karidinali Frodolin Ambongo avuga bisangiwe kandi nabenshi mu Banyekongo.”

Martin Fayulu asaba Abanyakongo kwitegura gutsinda icyo gikorwa kigamije gucecekesha abantu bose no gukomeza igitugu kiriho.

Ingingo ya 8 ku gika cyayo cya 2, ivuga ku masezerano leta ya Kinshasa yagiranye na Vatikan ko iki gihugu kidafite ubufasha bwo gukurikirana Padili cyangwa umwepesikopi wa Kiliziya Gatolika, ko hagomba kuza haba kubanza ku bimenyesha u buyobozi bw’i Roma; mu gihe ubu butegetsi buba bushaka kugira icyo bubashinja.

             MCN.
Tags: BuzabashaGukurikirana Kalidinali Frodolin AmbongoRdcUbucamanza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

Comments 1

  1. residences at the domain says:
    2 years ago

    I will be more happy if you let me know residences at the domain price
    asking!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?