Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 5, 2024
in Regional Politics
0
EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, EU, wagaragaje ko imiyoborere mibi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwari yo soko y’intambara zitarangira.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni bikubiye mu itangazo akanama ku muryongo w’ibihugu by’u bumwe by’u Burayi bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024.

Iryo tangazo rivuga ko bidakwiye ko hakomezwa gukoreshwa imbaraga za gisirikare, ahubwo ko impande zihanganye zikwiye kuyihagarika, hakaba ibiganiro bihuza impande zihanganye, nk’uko biteganywa mu myanzuro ya Luanda na Nairobi.

Iri tangazo kandi risaba igihugu cy’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka hakirindwa icyabajana mu ntambara, ni mugihe umubano w’ibyo bihugu byombi usa numaze kongera kononekara.

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko mugihe impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa mu gihe boshira ibiganiro imbere ko muricyo gihe byo byara umusaruro w’amahoro n’umutekano mu baturiye ibyo bice.

Iryo tangazo risoza rivuga ko RDC hamwe n’ibindi b’ihugu biyishigikiye ko hamaze ku menyekana neza ko bakorana bidasubirwaho n’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu 1994, basaba ko ubwo bufatanye n’uwo mutwe ko bigomba guhagarara m’urwego rwo guharanira amahoro n’umutekano mu karere.

EU kandi ntiyahwemye gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa gushigikira no kudahana imvugo z’ihembera amacyakubiri, kandi ngo ugasanga zikoreshwa n’abanyapolitike bahagarariye za Sosiyete sivile n’indi miryango ikomeye muri icyo gihugu. Aka kanama k’u muryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, ka gasaba ko ibyo nabyo ko bigomba guhagarara mu maguru mashya.

Hagati aho intambara yakomeje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Hari amakuru avuga ko centre ya Nyanzare iherereye muri teritwari ya Rutsuru, koyaba yamaze kwigarurirwa n’u mutwe wa M23, ni mu mirwano yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri.

Gusa ibi ntacyo ubuyobozi bwa M23 burabivugaho. Ariko amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 ko yamaze kuzenguruka Centre ya Nyanzare, ko ndetse ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo FDLR ninshi ko bahunze berekeza i Walekale no mu bindi bice.

Umwe mu baturage uturiye ibice bya Masisi, biri mu ntera y’ibirometre nka 30 na centre ya Nyanzare, yabwiye MCN ko M23 ko yafashe aka gace, ko kandi yagafashe igihe c’isaha ya sakumi z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe na Goma.

Mu butumwa bugufi bwanditse yayahe MCN, yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakubitswe ahababaza, ubu tuvugana M23, ntirinjira muri centre rwagati, ariko nta musirikare wo k’uruhande rwa leta uyirangwamo. FDLR yarifite ibirindiro bikomeye muri Nyanzare yahunze yerekeza Walikale.”

              MCN.
Tags: Bakubitswe ahababazaEUIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaImiyoborere mibi ya CongoM23Nk'i soko y'intambara itarangiraNyanzare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk’inyamanswa inyama ze, zishirwa kw’isoko.

Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk'inyamanswa inyama ze, zishirwa kw'isoko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?