• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2024
in Regional Politics
0
EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, EU, wagaragaje ko imiyoborere mibi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwari yo soko y’intambara zitarangira.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu itangazo akanama ku muryongo w’ibihugu by’u bumwe by’u Burayi bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024.

Iryo tangazo rivuga ko bidakwiye ko hakomezwa gukoreshwa imbaraga za gisirikare, ahubwo ko impande zihanganye zikwiye kuyihagarika, hakaba ibiganiro bihuza impande zihanganye, nk’uko biteganywa mu myanzuro ya Luanda na Nairobi.

Iri tangazo kandi risaba igihugu cy’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka hakirindwa icyabajana mu ntambara, ni mugihe umubano w’ibyo bihugu byombi usa numaze kongera kononekara.

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko mugihe impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa mu gihe boshira ibiganiro imbere ko muricyo gihe byo byara umusaruro w’amahoro n’umutekano mu baturiye ibyo bice.

Iryo tangazo risoza rivuga ko RDC hamwe n’ibindi b’ihugu biyishigikiye ko hamaze ku menyekana neza ko bakorana bidasubirwaho n’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu 1994, basaba ko ubwo bufatanye n’uwo mutwe ko bigomba guhagarara m’urwego rwo guharanira amahoro n’umutekano mu karere.

EU kandi ntiyahwemye gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa gushigikira no kudahana imvugo z’ihembera amacyakubiri, kandi ngo ugasanga zikoreshwa n’abanyapolitike bahagarariye za Sosiyete sivile n’indi miryango ikomeye muri icyo gihugu. Aka kanama k’u muryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, ka gasaba ko ibyo nabyo ko bigomba guhagarara mu maguru mashya.

Hagati aho intambara yakomeje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Hari amakuru avuga ko centre ya Nyanzare iherereye muri teritwari ya Rutsuru, koyaba yamaze kwigarurirwa n’u mutwe wa M23, ni mu mirwano yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri.

Gusa ibi ntacyo ubuyobozi bwa M23 burabivugaho. Ariko amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 ko yamaze kuzenguruka Centre ya Nyanzare, ko ndetse ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo FDLR ninshi ko bahunze berekeza i Walekale no mu bindi bice.

Umwe mu baturage uturiye ibice bya Masisi, biri mu ntera y’ibirometre nka 30 na centre ya Nyanzare, yabwiye MCN ko M23 ko yafashe aka gace, ko kandi yagafashe igihe c’isaha ya sakumi z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe na Goma.

Mu butumwa bugufi bwanditse yayahe MCN, yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakubitswe ahababaza, ubu tuvugana M23, ntirinjira muri centre rwagati, ariko nta musirikare wo k’uruhande rwa leta uyirangwamo. FDLR yarifite ibirindiro bikomeye muri Nyanzare yahunze yerekeza Walikale.”

              MCN.
Tags: Bakubitswe ahababazaEUIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaImiyoborere mibi ya CongoM23Nk'i soko y'intambara itarangiraNyanzare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk’inyamanswa inyama ze, zishirwa kw’isoko.

Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk'inyamanswa inyama ze, zishirwa kw'isoko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?