• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.

minebwenews by minebwenews
March 5, 2024
in Regional Politics
0
EU, yagaragaje imiyoborere mibi y’ubutegetsi bwa Kinshasa nk’isoko y’intambara idashira, hagati aho i Nyanzare, ihuriro ry’ingabo za RDC bakubitswe ahababaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, EU, wagaragaje ko imiyoborere mibi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kwari yo soko y’intambara zitarangira.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu itangazo akanama ku muryongo w’ibihugu by’u bumwe by’u Burayi bashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/03/2024.

Iryo tangazo rivuga ko bidakwiye ko hakomezwa gukoreshwa imbaraga za gisirikare, ahubwo ko impande zihanganye zikwiye kuyihagarika, hakaba ibiganiro bihuza impande zihanganye, nk’uko biteganywa mu myanzuro ya Luanda na Nairobi.

Iri tangazo kandi risaba igihugu cy’u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka hakirindwa icyabajana mu ntambara, ni mugihe umubano w’ibyo bihugu byombi usa numaze kongera kononekara.

Iryo tangazo rikomeza rivuga ko mugihe impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa mu gihe boshira ibiganiro imbere ko muricyo gihe byo byara umusaruro w’amahoro n’umutekano mu baturiye ibyo bice.

Iryo tangazo risoza rivuga ko RDC hamwe n’ibindi b’ihugu biyishigikiye ko hamaze ku menyekana neza ko bakorana bidasubirwaho n’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu 1994, basaba ko ubwo bufatanye n’uwo mutwe ko bigomba guhagarara m’urwego rwo guharanira amahoro n’umutekano mu karere.

EU kandi ntiyahwemye gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa gushigikira no kudahana imvugo z’ihembera amacyakubiri, kandi ngo ugasanga zikoreshwa n’abanyapolitike bahagarariye za Sosiyete sivile n’indi miryango ikomeye muri icyo gihugu. Aka kanama k’u muryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, ka gasaba ko ibyo nabyo ko bigomba guhagarara mu maguru mashya.

Hagati aho intambara yakomeje kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, mu Burasirazuba bwa RDC, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Hari amakuru avuga ko centre ya Nyanzare iherereye muri teritwari ya Rutsuru, koyaba yamaze kwigarurirwa n’u mutwe wa M23, ni mu mirwano yabaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri.

Gusa ibi ntacyo ubuyobozi bwa M23 burabivugaho. Ariko amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 ko yamaze kuzenguruka Centre ya Nyanzare, ko ndetse ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, harimo FDLR ninshi ko bahunze berekeza i Walekale no mu bindi bice.

Umwe mu baturage uturiye ibice bya Masisi, biri mu ntera y’ibirometre nka 30 na centre ya Nyanzare, yabwiye MCN ko M23 ko yafashe aka gace, ko kandi yagafashe igihe c’isaha ya sakumi z’u mugoroba, ku masaha ya Minembwe na Goma.

Mu butumwa bugufi bwanditse yayahe MCN, yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakubitswe ahababaza, ubu tuvugana M23, ntirinjira muri centre rwagati, ariko nta musirikare wo k’uruhande rwa leta uyirangwamo. FDLR yarifite ibirindiro bikomeye muri Nyanzare yahunze yerekeza Walikale.”

              MCN.
Tags: Bakubitswe ahababazaEUIhuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa KinshasaImiyoborere mibi ya CongoM23Nk'i soko y'intambara itarangiraNyanzare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk’inyamanswa inyama ze, zishirwa kw’isoko.

Ibibera muri RDC, biteye agahinda, umuntu yabazwe nk'inyamanswa inyama ze, zishirwa kw'isoko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?