• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Facebook yashyizeho uburyo abantu bashobora kwinjiza amafaranga bayikoresheje.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2024
in World News
0
Facebook yashyizeho uburyo abantu bashobora kwinjiza amafaranga bayikoresheje.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Facebook yashyizeho uburyo abantu bashobora kwinjiza amafaranga bayikoresheje.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Mu bantu bahawe aya mahirwe n’urubuga rwa Facebook harimo n’abatuye muri bimwe mu bihugu byo mu karere.

Facebook yatangaje ko yashyizeho uburyo bushya bwo kubona inyungu aho abayikoresha mu bihugu birimo u Rwanda, Kenya, Nigeria, Ghana, Ibirwa bya Seychelles n’ibindi, mu gihe wa mamaje ukoresheje amashusho magufi uzajya uhabwa amafaranga.

Uru rubuga ruvuga ko abantu bazajya binjiza mu buryo bubiri, ubwa mbere ni ubwo kunyuzaho amashusho magufi y’ubutumwa bwamamaza mbere ya video nyirizina, hagati muri yo cyangwa mu gihe igiye kurangira ibizwi nka ‘In-stream ads.’

Ubwa Kabiri ni ubuzwi nka ‘Ads on reels’ aho ubutumwa bw’amashusho magufi bwamamaza buzajya bunyuzwa kuri video ngufi zizwi nka ‘reels’ zinyuzwa kuri Facebook.

Uru rubuga rwa Facebook nirwo rwonyine ruzajya ruhitamo ubutumwa bwo kwamamaza butambuka kuri video runaka bitewe n’ibikundwa n’uri kureba video, nyuma nyiri video yamamarijweho Abe ari we uhabwa igice ku nyungu uru rubuga ruri gukura muri uko kwamamaza.

Umuyobozi muri Meta ushinzwe ubufatanye muri Afrika, mu Burasirazuba bwo hagati no muri Turukiya, yavuze ko ubu buryo bushya buzatuma abari mu ruganda rw’ubuhanzi bungikira mu bikorwa byabo.

Rero, kugira ngo ube umwe mu bemerewe gukoresha ubu buryo bushya ni uko ugomba kuba nibura ufite abagukurikira 5,000 kuri Facebook kandi amashusho yose wabasangije agomba kuba yararebwe amasaha 60,000 mu mezi abiri yabanjye.

Ibyo bibaye mu gihe urubuga rwa Facebook rusanzwe ari urubuga rukunzwe n’abantu benshi ahanini urubyiruko rwo muri Afrika.

Uretse Facebook izanye ubu buryo bushya mu bihugu bimwe na bimwe, izindi mbuga nkoranyambaga zirimo Tik Tok, YouTube, Instagram, Snapchat ndetse na x na zo zirabusanganwe, ariko nanone haracyari ibihugu bimwe byo muri Afrika ubwo buryo butemewe.

          MCN.
Tags: FacebookKwinjiza amafarangaMetaUburyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo ukwezi gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku Isi.

Hagaragajwe uburyo ukwezi gufasha kurokora ibinyamuzima bigendera ku Isi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?