• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC, FDNB na FDLR bakubiswe izakabwana mu bitero bagabye ahazwi nk’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC, FDNB na FDLR bakubiswe izakabwana mu bitero bagabye ahazwi nk’i Mulenge.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Nyuma y’aho uyu munsi ku cyumweru ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo rigabye ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge y’ahazwi nk’i Mulenge, Twirwaneho yirwanyeho irikubita inshuro abagize ririya huriro bakizwa n’amaguru.

Ni mu bitero iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa ryagabye mu irembo rya Gahwela haherereye mu ntera ngufi uvuye muri Minembwe centre.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News avuga ko ibi bitero by’iri huriro ryabigabye mu Gahwela riturutse mu Lulenge, kandi ko intambara yabereye neza ahitwa mu Bwarara. Aha akaba ari umusozi wa Gahwela umanuka werekeza i Lulenge ahari ibirindiro by’iri huriro rigizwe n’ingabo z’u Burundi, iza Congo n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.

Aya makuru agira ati: “Mu Bwarara niho intambara yahereye, uwahateye yaturutse za Lulenge. Wazalendo, ingabo z’u Burundi n’iza FARDC nibo bagabye ibyo bitero.”

Ni amakuru akomeza avuga ko iri huriro ryagabye biriya bitero ryarikubitiwemo izakabwana, nyuma y’aho Twirwaneho yatabaye ku bwinshi ahari hagabwe iki gitero.

Ati: “Twirwaneho irwanirira Abanyamulenge yakubise izakabwana uruhande rwa Leta rwagabye ibitero ku Banyamulenge.”

Nk’uko aya makuru abisobanura nuko iri huriro rirwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa, nyuma yogutera rigatsindwa na Twirwaneho ryahungiye za Gashasha werekeza i Rukombe kuri Nyabibuye ahahoze ari umuhana munini wari utuwe n’Abanyabyinshi ku bw’intambara urasenyuka, ariko aba barwanyi bo muri Twirwaneho bakomeza gu kurikira ririya huriro bongera kuryirukana na za Gashasha, nibwo abarigize bahise binjira amashyamba araho hafi.

Ibi bitero iri huriro ry’ingabo za Congo ryagabye uyu munsi ku cyumweru bije bikurikira ibindi ryagabye ku wa gatatu, ku wa kane, ku wa gatanu ndetse n’ahar’ejo ku wa gatandatu.

Nyamara nubwo ari iri huriro rigaba biriya bitero ku Banyamulenge ariko ntibibuza ko ritsindwa na Twirwaneho.

Kuko mu bitero byose ryagiye rigaba mu bice bitandukanye byo mu nkengero za komine ya Minembwe, byose uyu mutwe wa Twirwaneho wagiye ubisubiza inyuma.

Kimwecyo, ibi bitero bikomeza guhungabanya umutekano w’abaturage baturiye ibi bice, ni mu gihe bituma bahagarika bimwe mu bikorwa bakoraga byaburi munsi, nko kwita ku mirima yabo, kuragira Inka zabo ahari ubwatsi bwiza, ndetse kandi bigatuma amashuri atiga neza, kandi abantu bagahora bahunga.

Gusa, mu gitondo cyo kuri iki cyumweru ubuyobozi bwa FARDC bwatangaje ko Ingabo zabwo na Wazalendo ko batazongera kugaba ibitero kuri AFC/m23 kandi uyu mutwe wa Twirwaneho ukaba nawo ubarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC.

Ubundi kandi Fardc isaba Ingabo zayo na Wazalendo kubahiriza icyo cyemezo yafashe, ivuga ko ibikoze mu rwego rwo kubahiriza ibyemerejwe i Doha muri Qatar hagati ya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi n’uw’u Rwanda, Paul Kagame.

Tags: FardcGahwelaIngabo z'u BurundiMinembweTwirwanehoWazalendo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Bishop.Mwumvirwa, yabwirije ijambo rihumuriza Abanyamulenge mu bihe barimo gucamo by’intambara.

Bishop.Mwumvirwa, yabwirije ijambo rihumuriza Abanyamulenge mu bihe barimo gucamo by'intambara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?