• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.

minebwenews by minebwenews
February 13, 2025
in Regional Politics
0
FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.
135
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC igitero yagabye mu Banyamulenge yacyambuwemo ibikoresho bikaze.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Amakuru aturuka mu Minembwe, avuga ko ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ririmo FARDC, FDLR na Wazalendo, mu gitero ryagabye uyu munsi mu mihana y’Abanyamulenge mu Minembwe yacyambuwemo ibikoresho byagisirikare, ndetse kandi rigitakarizamo n’ingabo zirenga 10.

Ni gitero iri huriro ryagabye mu masaha y’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa kane tariki ya 13/02/2025, aho abarigize barimo FARDC, FDLR na Wazalendo bateye ingo z’Abanyamulenge ziri mu mihana irimo uw’i Lundu ni Gakenke. Iyi mihana ikaba iherereye muri Komine ya Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo.

Nyuma y’uko Abanyamulenge bagabweho ibitero, Twirwaneho yahise yirwanaho nk’uko iyi nkuru ibivuga, aho yakubise kubi iri huriro ry’ingabo zagabye iki gitero ziturutse mu Minembwe centre ahari icyicaro gikuru cya brigade ya 21.

Minembwe.com yamenye ko muri iki gitero cyari cyagabwe ku Banyamulenge, Twirwaneho yagifatiyemo imbunda n’amasasu menshi, kandi igitakarizamo abasirikare.

Imbunda yafashe zirimo iya Mag, arapige, sixty n’amasasu menshi, ndetse kandi yafashe n’amakompla.

Ni mu gihe kandi abasirikare 15 barimo barwana muri uru ruhande rwa Leta bakiguyemo.

Ubuhamya Minembwe.com yahawe n’umwe wo mu ruhande rwa Twirwaneho yavuze ko imirwano ku mpande zombi yahagaze isaha ya saa tanu, mu gihe yari yatangiye igihe c’isaha ya saa mbiri n’iminota 45 z’igitondo, ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Ubu buhamya kandi bugaragaza ko muri ayo masaha kwaribwo FARDC yahise itangira gufata imirambo y’ingabo zayo.

Bugira buti: “Ubu saa tanu n’iminota 10, amasasu amaze guceceka hose. FARDC irimo gutora intumbi zababo baguye mu mirwano.”

Ubuhamya bukomeza bugira buti: “FARDC iri kwikorera n’ibipoyo byabo. Bari kwerekeza muri Madegu, muri centre ya Minembwe.”

Tubibutsa ko ibi bitero iri huriro rirwanirira Leta ya Kinshasa ryagabye i Gakanke n’i Lundu, byaje bikurikira ibindi riheruka kugaba mu Kalingi. Nabyo bikaba byaraguyemo abandi basirikare ba FARDC benshi barimo ufite ipeti rya major n’undi ufite irya Captain.

Tags: FardcIbikoreshoTwirwaneho
Share54Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe aho m23 igeze igana ku kibuga cy’indege cya Bukavu.

Hagaragajwe aho m23 igeze igana ku kibuga cy'indege cya Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?