Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC ikomeje ibikorwa by’urugomo ku Banyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku mupolisi wafunzwe mu Mikenke.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC ikomeje ibikorwa by’urugomo ku Banyamulenge.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abaganga ba Banyamulenge bakorera ku bitaro bikuru bya Mikenke muri Secteur ya Itombwe teritwari ya Mwenga, bakomeje kwibasirwa n’urugomo rw’ingabo za Congo(FARDC ) aho bari kubita ubwoko bubi.

Tariki ya 28/11/2024 igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru muri centre ya Minembwe, yagabye igitero mu Banyamulenge baturiye mu Kalingi.

Ni igitero iz’i ngabo zagabye ubwo zari zerekeje mu Mikenke ariko ziza gukubitwa ahababaza na Twirwaneho, kuko icyo gihe iki gisirikare cyapfushije abagera kuri 30. Kuva icyo gihe FARDC yahise itangira kugaragaza ubugome bukabije ku Banye-Kongo ba Banyamulenge.

Nanone kandi tariki ya 27/12/2024, abasirikare b’u Burundi, Maï-Maï na FARDC, bavuye mu Mikenke bagaba ikindi gitero mu Kalingi aho nacyo byarangiye Twirwaneho igisubije inyuma, kandi uru ruhande rwa Leta rwakigabye rugitakarizamo abatari munsi y’abasirikare icumi, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

Nyuma, FARDC ubugome yagize ku Banyamulenge bwongeye gufata indi ntera.

Minembwe.com amakuru imaze kwakira ava mu Mikenke avuga ko “FARDC irimo kugirira urugomo rukabije ku Abanyamulenge ahanini ku Baganga bakorera ku bitaro bya Mikenke.”

Nk’uko ubutumwa twahawe bu bisobanura bwagize buti: “Abasirikare ba Leta biharaje ku bwira Abanyamulenge ba Baganga amagambo mabi. Babita ubwoko bw’inzoka, ubwoko bubi n’ibindi.”

Sibyo gusa, kuko ubu butumwa bunavuga ko badasiba kubahusha ku bica, ati: “Barahushwa buri gihe kuraswa, ingabo za leta nizo zibikora aha mu Mikenke.”

Nyamara kandi zibabwira ko zidashaka kuzongera kubabona muri aka karere.
Ati: “Ntabwo dushaka kongera kubabona muri iki gihugu. Musubire iyo mwaje muva.”

Umwe muri aba Baganga waganiraga na Minembwe.com ariko ku bw’umutekano we yanga ko amazina ye atangazwa, yavuze ko “ibyo FARDC ibabwira bibakuye umutima, kandi ko bagendana impagarara.”

Ku rundi ruhande umutekano ukomeje kuzamba mu misozi miremire y’Imulenge, aha ni nyuma y’ibyo bitero FARDC yagiye igaba mu baturage Babanyamulenge.

Tags: AbanymuengeFardcUrugomo
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impinduka zabaye muri politiki mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, umwaka ushize.

Impinduka zabaye muri politiki mu ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, umwaka ushize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?