• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC ikomeje ibikorwa by’urugomo ku Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2025
in Regional Politics
0
Ibyo wa menya ku mupolisi wafunzwe mu Mikenke.
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC ikomeje ibikorwa by’urugomo ku Banyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Abaganga ba Banyamulenge bakorera ku bitaro bikuru bya Mikenke muri Secteur ya Itombwe teritwari ya Mwenga, bakomeje kwibasirwa n’urugomo rw’ingabo za Congo(FARDC ) aho bari kubita ubwoko bubi.

Tariki ya 28/11/2024 igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru muri centre ya Minembwe, yagabye igitero mu Banyamulenge baturiye mu Kalingi.

Ni igitero iz’i ngabo zagabye ubwo zari zerekeje mu Mikenke ariko ziza gukubitwa ahababaza na Twirwaneho, kuko icyo gihe iki gisirikare cyapfushije abagera kuri 30. Kuva icyo gihe FARDC yahise itangira kugaragaza ubugome bukabije ku Banye-Kongo ba Banyamulenge.

Nanone kandi tariki ya 27/12/2024, abasirikare b’u Burundi, Maï-Maï na FARDC, bavuye mu Mikenke bagaba ikindi gitero mu Kalingi aho nacyo byarangiye Twirwaneho igisubije inyuma, kandi uru ruhande rwa Leta rwakigabye rugitakarizamo abatari munsi y’abasirikare icumi, nk’uko byavuzwe icyo gihe.

Nyuma, FARDC ubugome yagize ku Banyamulenge bwongeye gufata indi ntera.

Minembwe.com amakuru imaze kwakira ava mu Mikenke avuga ko “FARDC irimo kugirira urugomo rukabije ku Abanyamulenge ahanini ku Baganga bakorera ku bitaro bya Mikenke.”

Nk’uko ubutumwa twahawe bu bisobanura bwagize buti: “Abasirikare ba Leta biharaje ku bwira Abanyamulenge ba Baganga amagambo mabi. Babita ubwoko bw’inzoka, ubwoko bubi n’ibindi.”

Sibyo gusa, kuko ubu butumwa bunavuga ko badasiba kubahusha ku bica, ati: “Barahushwa buri gihe kuraswa, ingabo za leta nizo zibikora aha mu Mikenke.”

Nyamara kandi zibabwira ko zidashaka kuzongera kubabona muri aka karere.
Ati: “Ntabwo dushaka kongera kubabona muri iki gihugu. Musubire iyo mwaje muva.”

Umwe muri aba Baganga waganiraga na Minembwe.com ariko ku bw’umutekano we yanga ko amazina ye atangazwa, yavuze ko “ibyo FARDC ibabwira bibakuye umutima, kandi ko bagendana impagarara.”

Ku rundi ruhande umutekano ukomeje kuzamba mu misozi miremire y’Imulenge, aha ni nyuma y’ibyo bitero FARDC yagiye igaba mu baturage Babanyamulenge.

Tags: AbanymuengeFardcUrugomo
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano

Perezida Kagame Yohereje Ubutumwa bwo Gushimira Perezida Museveni ku Ntsinzi ye no Gushimangira Umubano Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yoherereje mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta...

Read moreDetails

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails
Next Post
Impinduka zabaye muri politiki mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, umwaka ushize.

Impinduka zabaye muri politiki mu ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, umwaka ushize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?