• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 31, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

You might also like

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

M23 yavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC muri kamwe mu duce two muri Masisi

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zigabye igitero mu Bijabo, umutwe wa Twirwaneho wazikubise inshuro zikwira imishwaro.

Iki gitero iri huriro ry’Ingabo za RDC zakigabye ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatatu tariki ya 23/07/2025.

Amakuru aturuka mu bice byari byagabwemo icyo gitero, avuga ko FARDC, ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR zakigabye ziturutse mu Bijombo, n’epfo ku mushyashya kwa Mboko ku muhanda wa Uvira-Baraka na Fizi.

Zikigaba mu Bijabo aharagiriwe Inka z’Abanyamulenge.

Iyi Bijabo yari yagabwemo igitero, iherereye hafi na Kamombo mu Cyohagati, ikaba kandi iri mu ntera ibarirwa mu birometero nka 20 uvuye muri centre ya Minembwe.

Umutangabuhamya waduhaye amakuru kuri iki gitero yagize ati: “Adui yaraye arashwe nabi mu Bijabo.”

Yakomeje agira ati: “Ku mugoroba ni bwo yakubitaguwe. Ba Twirwaneho bamurashe batamubabarira, binarangira asubiye iyo yaje ava.”

Iyi mirwano yabaye mu gihe n’ubundi Wazalendo bari bagaragaye hafi na centre ya Mikenke, mu gice cyayo cyerekeza mu Rwitsankuku.

Ahandi bari bagaragaye ni mu gice kigana mu Gipupu uvuye muri centre ya Mikenke.

Kimwecyo, umutekano wongeye kugaruka muri Bijabo, ndetse n’inkengero zayo nyuma y’uko Twirwaneho yirukanye iri huriro ryari ryakoze ibi bitero.

Tags: BijaboIngabo zu BurundiTwirwanehoYahondaguwe
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y’aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi

Katumbi yagaragaje uruhande ashigikiye nyuma y'aho Kabila ashyinze icyama kirwanya Tshisekedi Icyama cya "Ensemble pour la Republique" cya Maise Katumbi, cyagaragaje ko kidashigikiye ihuriro ry'amashyaka riheruka gushyingwa na...

Read moreDetails

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y’uko zigize ibyo zongererwa

I Burundi impunzi ziri mu byishimo nyuma y'uko zigize ibyo zongererwa Impunzi zicyukumbikiwe mu nkambi ya Nyenkanda iherereye muri Komine ya Ruyigi, mu Burasirazuba bw'u Burundi, mu gihe...

Read moreDetails

M23 yavugutiye umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC muri kamwe mu duce two muri Masisi

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
AFC/M23 yagize icyo ivuga ku mirwano yongeye gukomera muri Kivu Yaruguru

M23 yavugutiye umuti ihuriro ry'Ingabo za RDC muri kamwe mu duce two muri Masisi Imirwano hagati y'umutwe wa M23 n' i huriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Bishambuke na CNPCS mu biganiro by’imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye

Bishambuke na CNPCS mu biganiro by'imishyikirano, nyuma yo kumara igihe gito bahanganye Imitwe ibiri y'inyeshamba ihurikiye mu cyiswe Wazalendo, iyari imaze iminsi itari mike isubiranamo mu bice bitandukanye...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

by Bahanda Bruce
October 30, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n’icyo zigamije

Ingabo z'u Burundi zashinze ibindi birindiro mu kandi gace ko muri Bibogobogo, havugwa n'icyo zigamije Amakuru aturuka muri Bibogobogo muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?