• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo zahondaguriwe i Mulenge.

You might also like

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Nyuma y’aho ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zigabye igitero mu Bijabo, umutwe wa Twirwaneho wazikubise inshuro zikwira imishwaro.

Iki gitero iri huriro ry’Ingabo za RDC zakigabye ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatatu tariki ya 23/07/2025.

Amakuru aturuka mu bice byari byagabwemo icyo gitero, avuga ko FARDC, ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR zakigabye ziturutse mu Bijombo, n’epfo ku mushyashya kwa Mboko ku muhanda wa Uvira-Baraka na Fizi.

Zikigaba mu Bijabo aharagiriwe Inka z’Abanyamulenge.

Iyi Bijabo yari yagabwemo igitero, iherereye hafi na Kamombo mu Cyohagati, ikaba kandi iri mu ntera ibarirwa mu birometero nka 20 uvuye muri centre ya Minembwe.

Umutangabuhamya waduhaye amakuru kuri iki gitero yagize ati: “Adui yaraye arashwe nabi mu Bijabo.”

Yakomeje agira ati: “Ku mugoroba ni bwo yakubitaguwe. Ba Twirwaneho bamurashe batamubabarira, binarangira asubiye iyo yaje ava.”

Iyi mirwano yabaye mu gihe n’ubundi Wazalendo bari bagaragaye hafi na centre ya Mikenke, mu gice cyayo cyerekeza mu Rwitsankuku.

Ahandi bari bagaragaye ni mu gice kigana mu Gipupu uvuye muri centre ya Mikenke.

Kimwecyo, umutekano wongeye kugaruka muri Bijabo, ndetse n’inkengero zayo nyuma y’uko Twirwaneho yirukanye iri huriro ryari ryakoze ibi bitero.

Tags: BijaboIngabo zu BurundiTwirwanehoYahondaguwe
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko igisirikare cy'iki gihugu...

Read moreDetails

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Ay'indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy'indege cya Bujumbura igana muri RDC Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ku kibuga cy'indege cyaho giherereye i Bujumbura ku murwa mukuru...

Read moreDetails

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n'umutwe wa RDC warwanyaga...

Read moreDetails

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira Imwe mu mpamvu zatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwa magana Brigadier General...

Read moreDetails

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/09/2025, abantu bitwaje intwaro bikekwa kwari Wazalendo binjiye...

Read moreDetails
Next Post
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?