Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC irimo kwa maganwa n’abaturage baturiye agace ka Panzi, mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 31, 2024
in Regional Politics
0
FARDC irimo kwa maganwa n’abaturage baturiye agace ka Panzi, mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage i Bukavu, bakoze i myigaragambyo yo kwa magana Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko umusirikare yishe umuntu amurashe akomeretsa abandi ba biri.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Imyigaragambyo ya bereye k’u muhanda n’imero ya 5, aha herereye i Panzi, muri komine ya i Banda , mu Mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya RDC.

Iy’i myigaragambyo yakozwe mu gihe k’u mugoroba w’ejo hashize tariki ya 30/01/2024, umwe mu basirikare ba FARDC i Bukavu yarashe umudamu uzwi kw’izina rya Siyapata Josephine, arapfa, arasa n’abandi bantu ba biri barakomereka barimo umuhungu uri mukigero cy’imyaka 18 wakomeretse ku kuguru mu genziwe akomereka ku mutwe.

Bya vuzwe ko Umusirikare yarashe bariya baturage mu gihe bari banze kwishura Amafaranga ya Congo angana na 500 FRC ayo bari kwishura Bajaj, kandi akaba yaragenwe n’ubuyobozi bw’Ingabo muri Bukavu.

Muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 31/01/2024, abaturage b’i Panzi bahita bazindukira mu myigaragabyo bamagana ingabo za FARDC muri Bukavu.

Amakuru avugako Imihanda yari yafunzwe aho abaturage bari banze ko hatagira imodoka zirengana.

Abakoze iyo myigaragabyo bari bitwaje ibyapa bisaba ko haba ubutabera ko kandi abaturage bagomba kurenganurwa.

Ibi byemejwe na Sosiyete sivile ya i Banda, aho perezida wa Sosiyete sivile yo muri ako gace bwana Murhula Machumbiko, yemeje ko umusirikare wicanye afunzwe ariko avuga ko agomba gucibwa urubanza nk’uko umuryango w’uwapfuye ubisaba ndetse n’abarashwe baga komereka bakabona ubutabera.

Yagize ati: “Hari umusirikare wa FARDC hano i Bukavu, warashe umudamu arapfa, uwo musirikare yarahagaritswe ariko hagomba kuba ubutabera, nk’uko abaturage ba bisaba.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abaturage bamaganye FARDCPanzi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kw’i basira abasivile muri Masisi.

Ibisasu biremereye by'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bikomeje kw'i basira abasivile muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?