• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu ijoro, yakomeje kugaba ibitero mu baturage Babanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu ijoro, yakomeje kugaba ibitero mu baturage Babanyamulenge.
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu ijoro, yakomeje kugaba ibitero mu baturage Babanyamulenge.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ingabo za Leta ya perezida Félix Tshisekedi, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane, tariki ya 26/12/2024, zakomeje kugaba ibitero mu Banyamulenge mu Minembwe.

Kuva mu gitondo cy’ejo hashize ibitero bya FARDC byagabwe mu mihana y’Abanyamulenge iherereye mu marembo ya centre rwagati ya Minembwe.

Iyo mihana ni uw’i Lundu, Lwiko na Runundu kuri Evomi.

Amakuru ava mu Minembwe avuga ko ibitero by’izi ngabo za RDC zo muri brigade ya 21, iyobowe na Colonel Jean Pierre Lwamba, nti zitera gusa ngo hubwo zira nica kandi zigasahura no gufata ku ngufu abagore n’abakobwa ba Banyamulenge.

Ibyo byagaragaye mu bitero izo ngabo zakoze ku manywa y’ejo hashize, i Lundu no ku Runundu.

Muri iri joro ryaraye rikeye kandi, iz’i ngabo za Leta ya Kinshasa, zongeye kugaba ibitero kuri Evomi ahari abaturage benshi. Iki gitero cyatumye ubugome bwa FARDC burushaho gukara, kuko abaturage barimo abagore bafite abana bahunze ugutandukanye n’abana babo, nk’uko iy’i nkuru ikomza ibivuga.

Aya makuru anavuga ko kugeza ubu amasasu aracyarimo yumvikana muri ako gace, bikavugwa ko Twirwaneho yatabaye abaturage, maze rurambikana hagati y’impande zombi.

No munce z’i Lundu, amakuru ahamya ko uruhande rwa Twirwaneho rushamiranye n’urwa Leta, nyuma y’uko FARDC yongeye kugaruka muri aka gace, kuko ahar’ejo yabanje guhungira mu bice byo kuri Ugeafi.

Tags: EvomiFardcMinembwe
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.

Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze ishwiragira mu Bisambu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?