Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 24, 2024
in Regional Politics
0
FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC mu Minembwe yazindutse ikora icyashatse gutera abaturage ubwoba.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu duce two muri komine Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Epfo, ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zikorera muri utwo duce za zindutse zi zenguruka aka karere, maze abaturage bagira ngo n’ibindi kuko bikanze, ariko kugeza ubu ni amahoro.

Ni ahagana isaha ya saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 24/12/2024, ingabo za FARDC zo muri brigade ya 21 isanzwe ifite icyicaro gikuru muri centre ya Minembwe (Madegu ), za koze patrol (patrouille) idasanzwe muri aka gace.

Nk’uko iy’i nkuru ibisobanura, iyi patrol yakozwe na FARDC, ikiyitangira, byateye ubwoba abaturage, kuko abenshi muri bo bashatse guhunga, ahanini ku Kiziba.

Bivugwa ko aba basirikare mu gukora icyo gikorwa, ba banje kuzenguruka ikibuga cy’indege cya Minembwe, giherereye ku Kizaba.

Nyuma y’aho, iz’i ngaho za manutse aho isoko ya gatanu iremera, ari nabwo zahise zizamuka kandi ku Kiziba mu muhana, ndetse kandi zaje kwerekeza muri Nyarujoka ahari Twirwaneho, birangira zongeye kuzenguruka hafi n’ahari inyubako y’Umuzungu, Gira.

Gusa, iyi patrol, ingabo za FARDC zayikoze bu cyece, nta rusaku, kandi nta n’umusoda warashe, nk’uko bahora babigenza iyo bari muri ibyo bikorwa muri iyi misozi miremire y’Imulenge.

Ku rundi ruhande, umutekano wo muri aka karere ugenda urushaho kuzamba, icyongeyeho iz’i ngabo za RDC zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi muri Minembwe.

Ibyumweru bibiri bigiye gushyira abasirikare bakomeza kwisuka muri aka gace, bamwe bava i Baraka, Uvira, Lulimba n’ahandi.

Kuza kw’izi ngabo byabanjirije kuza kwa komanda Secteur wa Sokola 2, sud Kivu, base a Uvira, nawe waje nyuma y’aho FARDC mu Minembwe yari yateye abaturage ba Kalingi, hapfa abaturage. Akaba yaraje guhuza abaturage n’ingabo ze.

Tags: FardcMinembwePatrol
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya kuri Lt Gen.Masunzu wa mamaye cyane ku izina rya Kabusenge.

Gira ibyo umenya kuri Lt Gen.Masunzu wa mamaye cyane ku izina rya Kabusenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?