• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC n’abambari bayo bongeye gukubitirwa mu kandi gace ko muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC n’abambari bayo bongeye gukubitirwa mu kandi gace ko muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, FDLR na Wazalendo, basakiranye n’umutwe wa AFC/M23/MRDP mu gace gaherereye muri teritware ya Kabare muri Kivu y’Amajyepfo, maze zikubitwa inshuro.

Ni mu mirwano yahuje impande zombi ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 07/08/2025, ibera mu gace kari hejuru ya Kavumu muri Kabare.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “AFC/M23/MRDP yasakiranye n’ihuriro ry’ingabo za Congo, ubundi uruhande rwa Leta rukubitwa nabi bakizwa n’amaguru.”

Iki gice bahanganiyemo bizwi ko giherereye mu ntera ngufi cyane uvuye ku kibuga cy’indege cya Kavumu ari nacyo cya Bukavu. Hari n’andi makuru avuga ko uru ruhande rwa Leta rwahatakarije bikomeye, kuko abavugwa barwo bakiguyemo babarirwa mu mirongo, n’abandi benshi barakomereka.

Iri kubitwa ribaye nyuma y’aho kandi bari baheruka gukubitirwa mu duce tubiri two muri teritware ya Walungu mu ntangiriro z’iki cyumweru.

Usibye i Walungu iri huriro rya Leta ryanakubitiwe mu Mikenke, Rugezi na Marunde ku wa kabiri ndetse no ku wa gatatu, ubwo ryahanganaga n’uyu mutwe wa MRDP-Twirwaneho na M23.

Imirwano ikaba ikomeje kuba, mu gihe byari biteganyijwe ko intumwa za AFC/M23 n’iza leta zisubira guhurira mu biganiro i Doha muri Qatar. Iby’ubushize harimo ko bari bumvikanye guhagarika imirwano na gahenge gahoraho.

Mu makuru yatanzwe ku mugoroba w’ahar’ejo, ni uko umutwe wa AFC/M23 utagisubiye muri ibyo biganiro, bitewe n’uko Leta yanze gufungura imfungwa zawo zibarirwa muri 700.

Ndetse kandi hanagaragaye n’amashusho y’abantu ba AFC/M23 byari biteganyijwe ko ari bo bazaja i Doha abagaragaza burira ubwato berekeje i Bukavu aho kuja muri ibyo biganiro.

Ubundi kandi humvikana n’amajwi ya perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, avuga ko batazasubira mu biganiro by’i Doha, ngo kuko leta itajya yubahiriza ibyo baba bumvikanye.

Tags: FardcKabareKavumuYakubitiwe
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

RDC: Abanye-Congo bahurijwe mu giterane kigamije kubahindura umwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?