• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC n’ingabo z’u Burundi zagabye ibitero mu Banyamulenge.

You might also like

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Muri wa mugambi muremure wa Leta ya Congo n’iy’u Burundi wo kurimbura Abanyamulenge mu Burasizuba bwa Congo, bawutangije, aho ingabo z’ibi bihugu byombi zagabye ibitero kuri aba Banyamulenge mu Rurambo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Umutwe wa Twirwaneho ukorera muri Kivu y’Amajyepfo, uheruka gushyira ibaruwa hanze, uvuga ko ingabo z’u Burundi n’iza Congo zagose ibice byose bituwe n’Abanyamulenge mu misozi miremire y’i Mulenge.

Ugaragaza kandi ko nta kindi kigamijwe, usibye kwica no kurimbura abo Banyamulenge.

Uyu mutwe utanga n’intabaza, uvuga ko nibagabwaho ibitero uzirwanaho, kandi ko uzakora ibishoboka byose ukigizayo abagabye ibyo bitero inyuma cyane.

Rero, nyuma y’umunsi umwe gusa iyo baruwa ishyizwe hanze, izi ngabo z’u Burundi n’iza Congo zahise zikora ibitero mu Rurambo ahatuwe n’Abanyamulenge.

Ni ibitero amakuru avuga ko byatangiye igihe c’isaha ya saa munani z’amanywa, bikaba byagabwe neza mu Rwikubo.

Ubuhamya bugira buti: “Ibitero bya FARDC n’ingabo z’u Burundi byagabwe mu Rwikubo. Imirwano yaje kuremera mw’irango ryo muri aka gace.”

Uru ruhande rwa Leta mu kugaba ibi bitero, aya makuru akomeza avuga ko babigabye baturutse mu Rudefu no mu Masango.

Kugeza isaha z’ijoro imbunda ziremereye n’izoroheje zarimo zikicyumvikana muri ibyo bice byabereyemo imirwano.

Hagataho, hari izindi ngabo z’u Burundi n’iza FARDC ziri mu bice bya Gitabo, bikavugwa ko zahageze ziturutse i Uvira, ariko zo zikaba zitarinjira mu mirwano.

Aka gace ka Gitabo kavuzwe haruguru gaherereye hafi n’ahagabwe biriya bitero.

Nyamara nubwo biruko, Twirwaneho yatabaye, aho iri kurwana ku ruhande rw’abaturage.

Ngayo nguko ari kubera mu Rurambo mu gice gituwe n’Abanyamulenge batari bake.

Tags: AbanyamulengeFardcIbiteroRurambo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi Ingabo z’u Burundi zakomeje guhura n’ibibazo bikomeye mu mirwano yabereye mu nkengero za Minembwe, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ku wa Gatandatu, tariki ya 17/01/2026, ryakuye burundu ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

Guverineri w'i ntara ya Haut-Katanga yahunze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?