• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

You might also like

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyahakanye ibyo umutwe wa Twirwaneho ugishinja by’uko gitoza abarwanyi ba FDLR kugira ngo bice Abanyamulenge.

Ni biri mu itangazo FARDC yashize ahagaragara hirya y’ejo, aho iryo tangazo riteweho umukono n’umuvugizi w’iki gisirikare, Maj.Gen. Sylvain Ekenge.

Yavuze ko “ibirego baregwa bidafite ishingiro, kandi ko ari ugushaka gukoresha abantu hagamijwe kuyobya abaturage no kubangamira imihate yo gushaka amahoro ikomeje, cyane cyane i Washington na Doha.”

Uyu muvugizi wa FARDC avuga ko bagenzuye, hubwo basanga ubwicanyi Twirwaneho ibashinja gutegura muri Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, kwariyo yabuteguye ifatanyije na Red-Tabara umutwe urwanya Leta y’i Gitega.

Yakomeje avuga ko ibivugwa na Twirwaneho bigamije guteza amakimbirane mpuzamahanga no kuyangisha guverinoma ya Kinshasa n’iya Bujumbura.

Iki gisirikare kikavuga ko cyamaganywe imigambi y’ubugizi bwa nabi bw’iyo mitwe yombi no kubangamira ibikorwa byo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

Mu mpera zakiriya cyumweru gishyize ni bwo Twirwaneho yashyize itangazo hanze, ivuga ko abarwanyi ba FDLR batorejwe mu Burundi, maze ngo baza koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kugira ngo bajeyo gutsemba Abanyamulenge.

Muri iryo tangazo uyu mutwe ugahamya ko boherejwe i Luvungi, mu Rurambo, Minembwe no mu bindi bice bitandukanye byo muri iyi ntara.

Ibi kandi igisirikare cy’u Burundi cyabihakanye, gishimangira ko uyu mutwe ugamije ku giharabika gusa.

Ariko kandi binazwi ko ingabo z’u Burundi ziri muri RDC kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2022, zifatikanya n’iza RDC n’imitwe yitwaje ya Wazalendo ndetse na FDLR kurwanya iriya mitwe uwa Twirwaneho n’uwa M23.

Ubundi kandi ubufatanye bw’iri huriro ry’ingabo za RDC zifatanya kugaba ibitero ku Banyamulenge, Rurambo, Minembwe n’ahandi.

Tags: FardcIshinjwa na Twirwanehoyahakanye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y'i Mulenge Kajugujugu y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yaguye mu Kiyaga cya...

Read moreDetails

Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

Imvururu mu Misozi y'i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati Amakuru aturuka mu misozi miremire y'i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko...

Read moreDetails

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w'Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/12/2025, umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Read moreDetails

Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo

Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru mashya kandi yizewe aturuka mu gace ka Mumparambo, mu ntara ya Cibitoke mu gihugu...

Read moreDetails

Ibiturika Bikomeye Byazindukiye Luvungi, Imirwano Ikomeje Gukara mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Ibiturika Bikomeye Byazindukiye Luvungi, Imirwano Ikomeje Gukara mu Kibaya cya Rusizi

Ibiturika Bikomeye Byazindukiye Luvungi, Imirwano Ikomeje Gukara mu Kibaya cya Rusizi Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/12/2025, ibiturika bikomeye byazindukiye mu bice bya Luvungi,...

Read moreDetails
Next Post
Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?