• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

minebwenews by minebwenews
July 28, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC ntiyemera ibyo ishinjwa na Twirwaneho.

You might also like

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, cyahakanye ibyo umutwe wa Twirwaneho ugishinja by’uko gitoza abarwanyi ba FDLR kugira ngo bice Abanyamulenge.

Ni biri mu itangazo FARDC yashize ahagaragara hirya y’ejo, aho iryo tangazo riteweho umukono n’umuvugizi w’iki gisirikare, Maj.Gen. Sylvain Ekenge.

Yavuze ko “ibirego baregwa bidafite ishingiro, kandi ko ari ugushaka gukoresha abantu hagamijwe kuyobya abaturage no kubangamira imihate yo gushaka amahoro ikomeje, cyane cyane i Washington na Doha.”

Uyu muvugizi wa FARDC avuga ko bagenzuye, hubwo basanga ubwicanyi Twirwaneho ibashinja gutegura muri Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, kwariyo yabuteguye ifatanyije na Red-Tabara umutwe urwanya Leta y’i Gitega.

Yakomeje avuga ko ibivugwa na Twirwaneho bigamije guteza amakimbirane mpuzamahanga no kuyangisha guverinoma ya Kinshasa n’iya Bujumbura.

Iki gisirikare kikavuga ko cyamaganywe imigambi y’ubugizi bwa nabi bw’iyo mitwe yombi no kubangamira ibikorwa byo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo.

Mu mpera zakiriya cyumweru gishyize ni bwo Twirwaneho yashyize itangazo hanze, ivuga ko abarwanyi ba FDLR batorejwe mu Burundi, maze ngo baza koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo, mu rwego rwo kugira ngo bajeyo gutsemba Abanyamulenge.

Muri iryo tangazo uyu mutwe ugahamya ko boherejwe i Luvungi, mu Rurambo, Minembwe no mu bindi bice bitandukanye byo muri iyi ntara.

Ibi kandi igisirikare cy’u Burundi cyabihakanye, gishimangira ko uyu mutwe ugamije ku giharabika gusa.

Ariko kandi binazwi ko ingabo z’u Burundi ziri muri RDC kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2022, zifatikanya n’iza RDC n’imitwe yitwaje ya Wazalendo ndetse na FDLR kurwanya iriya mitwe uwa Twirwaneho n’uwa M23.

Ubundi kandi ubufatanye bw’iri huriro ry’ingabo za RDC zifatanya kugaba ibitero ku Banyamulenge, Rurambo, Minembwe n’ahandi.

Tags: FardcIshinjwa na Twirwanehoyahakanye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryigaruriye...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’ibihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi byongeye gusaba...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails
Next Post
Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Uwahoraga hafi ya perezida Tshisekedi yasabiwe gufungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?