• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2025
in Conflict & Security
0
Iby’imirwano itari yavuzwe yabereye mu Rurambo hagati ya Twirwaneho na Wazalendo.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC nyuma yogukubitwa izakabwana mu Mikenke yateye mu kandi gace.

You might also like

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

Nyuma y’aho FARDC n’abambari bayo bazindutse bagaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge mu Mikenke, umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bikaziha isomo rikomeye, ubu zongeye gutera m mu Rugezi muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Guhera saa kumi n’imwe z’igitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 23/05/2025, ni bwo ibitero bya FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo byagabwe ku Banyamulenge mu Mikenke.

Minembwe Capital News yamenye ko ibi bitero byagabwe mu duce duherereye ku bitaro bya Mikenke, usibye ko Twirwaneho na M23 byahise bikubita iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zabigabye zisubizwa inyuma zihungura amatwi.

Amakuru ava muri ibyo bice agira ati: “Umwanzi wateye mu Mikenke yahunze kare. Twirwaneho na M23 ntibigeze ba mubabarira kuko bamukubise ahita ahunga rugikubita.”

Mu mwanya muto ushize ni bwo kandi iri huriro rirwanirira Leta y’i Kinshasa ryongeye kugaba ibitero mu duce duherereye mu Rugezi.

Amakuru dukesha abari muri ibyo bice ahamya ko iri huriro ryateye mu gace kitwa i Muchikachika, ni agace kari imbere yo kwa Didas.
Umwe waho yabwiye Minembwe Capital News ati: “Ibindi bitero by’ihuriro ry’Ingabo za Congo bigabwe aka kanya i Muchikachika, nyuma yuko zitsinzwe mu Mikenke.”

Mu butumwa bugufi bwanditse yabashe kuduha bugira buti: “Uruhande rwa Leta ruri gusheringa rukoresheje Twelve na Mashin Gun. Ariko Twirwaneho na M23 ntibarasubiza, ahubwo bari gushaka andi mayeri.”

Mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo ni bwo kandi imirwano iheruka aha mu Rugezi. Ni imirwano amakuru avuga ko yamaze iminsi ibiri, impande zombi zihanganye kubi.

Gusa, byarangiye uruhande rwa Leta ya Congo ruhunze, maze uduce twinshi two muri ibyo bice twigarurirwa n’uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Hagataho, uru ruhande rwa Leta rugaba ibitero ruturutse i Gasiro na Matanganika, kuko rufite ibirindiro bikaze mu Kabanju n’imbere y’i Gasiro werekeza i Milimba, akaba aribyo ziturukamo zigiye kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Tags: I MuchikachikaRugezi
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

Uwari wa buriwe irengero batoye umurambo we, bahamya ko yishwe arashwe na Wazalendo Umwungeri w'inka wari waburiwe irengero batoye umurambo we, banahamya ko yishwe na Wazalendo, ni nyuma...

Read moreDetails

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y’ababo bahagarutse

Bibogobogo bari mu mashimwe nyuma y'ababo bahagarutse Abagabo bagera kuri bane bo muri Bibogobogo, abaribarakomerekeye mu bitero Wazalendo yagabye muri iki gice mu mezi yo mu ntangiriro z'uyu...

Read moreDetails

“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
“Telefone y’Umwungeri w’inka iri kwitabwa na Mai Mai-” ubuhamya k’u waburiwe irengero

"Telefone y'umwungeri w'inka iri kwitabwa na Mai Mai-" ubuhamya k'u waburiwe irengero Umwungeri w'inka w'Umunyamulenge witwa Muhumure Isaac, yaburiwe irengero Mucyakira, telefone ye iri kwitabwa na Mai Mai,...

Read moreDetails

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya kuri YouTube channel ya Mulenge Top Tv.

Byinshi wa menya kuri YouTube channel ya Mulenge Top Tv.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?