• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yagabye igitero mu muhana utuwe n’Abanyamulenge wa Gakenke.

minebwenews by minebwenews
January 19, 2025
in Regional Politics
0
FARDC yagabye igitero mu muhana utuwe n’Abanyamulenge wa Gakenke.
158
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yateye Abanyamulenge i Gakenke.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, zagabye igitero mu muhana utuwe n’Abanyamulenge wa Gakenke mu Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ni igitero FARDC yagabye isaha ya saa moya n’igice z’iki gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 19/01/2025.

Amasoko yacu avuga ko abasirikare ba Leta bagabye iki gitero bari baturutse mu i kambi ya FARDC irahitwa kuri Ugeafi hafi na centre ya Minembwe.

Agace ka Gakenke kari hakurya y’uruzi rwa Lwiko, kakaba gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge gusa.

Hari amakuru avuga ko FARDC yagabye iki gitero ishaka kwigarurira Gakenke ndetse ikaba inashaka gufata i Gakangala mu rwego rwo kugira ngo ibone inzira iyihuza no kwa Mulima.

Ni mu gihe muri iki gice cyo kwa Mulima harunzwe ibikoresho byagisirikare byinshi, ariko bikaba byarabunze inzira igana muri centre ya Minembwe ahari brigade y’izi ngabo za FARDC.

Kuko ubushize indege za kajugujugu za FARDC zaseheye kwa Mulima imbunda n’amasasu bizivanye Uvira, bityo leta ikaba ishaka kugenzura utwo duce twa Gakenke no mu nkengero zayo kuko nibyo bice bihuza kwa Mulima na centre ya Minembwe.

Gusa muri aka gace kagabwemo ibitero, Twirwaneho yatangiye kwirwanaho, muri aka kanya hakaba harimo intambara ikomeye.

Tags: AbanyamulengeGakenkeIgitero
Share63Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC na FDLR biraye mu mihana y’Abanyamulenge bayiteraguramo ibisasu biremereye.

FARDC na FDLR biraye mu mihana y'Abanyamulenge bayiteraguramo ibisasu biremereye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?