• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
October 30, 2024
in Regional Politics
1
FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yagize icyo ikora kubasirikare bayo bafashe abagore ku ngufu mu Minembwe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abasirikare umunani ba Repubulika ya demokarasi ya Congo(FARDC), bo muri brigade ya 21 bakorera mu Minembwe ho mu misozi miremire y’Imulenge bafunzwe bazira gufata abagore ku ngufu, nk’uko abaturage baho babyiganiye MCN.

Ku Cyumweru tariki ya 27/10/2024, nibwo abagore batandatu bo mu bwoko bw’Abashi bafashwe ku ngufu, nyuma y’urusaku rw’ibiturika byumvikanye kuri uwo munsi mu Minembwe hose.

Aba bagore bafashwe ku ngufu batanze n’ubuhamya bw’urugomo bakorewe, umwe yagize ati: “Uwo munsi twari tuvuye mu ikanisa, gusenga. Tuzakumva amasasu menshi arimo kuvugira hirya no hino, nyuma twaje guhungira munzu n’umugabo wanje n’abandi twari kumwe. Twaje kumva imirindi y’abasirikare baraje batangira gutonganya umugabo wanjye ngo abakingurire, niko gukingura badukoreraho urugomo rubabaje!”

Yakomeje agira ati: “Barinjiye bahita bafata mugenzi wanjye, bamukorera ibyamfurambi. Bamuvuyeho nanjye baramfata babanje kunjyana mu cyumba. Abamfashe ku ngufu bari abasirikare babiri kandi baribafite n’imbunda. Ibyo twakorewe birababaje turasaba gufashwa.”

Undi yagize ati: “Njyewe baraje iwanjye basenya umuryango w’inzu yanjye, binjira mu cyumba bafata ibyarimo bajyana ibyo batoranije, ariko ntibamfashe kungufu kuko nahise mbaha ifaranga. Rero, ndasaba amahoro, Leta iduhe amahoro.”

Undi nawe yagize ati: “Bageze mu wanjye babanza kurasa amasasu menshi, bankura aho nari nihishye munsi y’igitanda bamfata ku ngufu banjyana n’ifaranga zingana n’ibihumbi 17 by’amafaranga ya Congo.”

Uko aba basirikare barimo bafata kungufu abadamu, ninako basahuraga amaduka y’abacuruzi yo muri centre ya Minembwe.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko “hari amaduka abiri manini yo muri ako gace yasahuwe arashyira, ndetse bayakuramo n’amadolari y’Amerika angana na 821 irindi 178 $.

Sibyo byonyine gusa, kuko muri ako kavuyo abasirikare bateje ku Cyumweru mu Minembwe, barashe n’inka icyenda z’Abanyamulenge harimo zitatu zakomeretse, izindi zirapfa.

Nyuma yaho, ku wa kabiri tariki ya 29/10/2024, uhagarariye mutualité y’Abashi mu Minembwe, Momo Modela n’umudamu ukuriye abagore bose bo mu Minembwe, Nyagitamu Elysee, berekeje kureba Col Jean Pierre Lwamba ureba brigade ya 21 bamuha raporo yose y’ibyo ingabo ze zakoze.

Aya makuru akomeza avuga ko “Col Jean Pierre Lwamba yababwiye ko abasirikare bafashe abagore ku ngufu batawe muri yombi, ndetse kandi ko iperereza rigikomeje, kugira ngo ubutabera bukore akazi kabwo.

Yagize ati: “Abasirikare umunani bafashe abagore ku ngufu bari muri gereza, kandi dukomeje kubikurikiranira hafi, mu gihe hogira abandi bamenyekana, ubutabera buzakora ibibereye.”

Ibi byasize biteje undi mutekano muke mu Minembwe, mu gihe hari hagize igihe ari agahenge ka mahoro, nyuma y’ibitero byagiye bigabwa muri ibi bice mu mpera z’uyu mwaka.

Nibitero byasize abaturage benshi bataye izabo, bagana iy’ubuhungiro, utaretse abanyazwe amatungo yabo abandi bakahasiga ubuzima.

Tags: FardcKungufuMinembwe
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ku kibuga cy’indege cya Ndolo muri RDC, habereye impanuka ikomeye y’indege.

Ku kibuga cy'indege cya Ndolo muri RDC, habereye impanuka ikomeye y'indege.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    UVI hos barn Allmänt UVI hos små barn ger ofta ospecifika symtom såsom slöhet, matningssvårigheter, kräkningar och feber vilket gör diagnostiken svår priligy generic In addition, Brazilian men are actively using deodorants and antiperspirants

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?