• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC yamishijweho urufaya rw’amasasu ikizwa n’amaguru.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2025
in Conflict & Security
0
Ihuriro ry’ingabo za Congo zihishe i Walungu, M23 yaziburiye.
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yamishijweho urufaya rw’amasasu ikizwa n’amaguru.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, avuga ko mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 19/05/2025, abasirikare ba Leta y’i Kinshasa(FARDC) bagiye kwiba muri imwe muri Quartier y’uyu mujyi wa Uvira, ni ko guhita baraswa n’abaturage ubundi bayabangira ingata.

Ni ahagana isaha zitanu zija gushyira muri saa sita ziri joro ryakeye, ni bwo bamwe mu basirikare ba FARDC bari Uvira bagiye kwiba birangira bamishijweho urufaya rw’amasasu, maze biruka ubudahindukira.

Iki gikorwa cy’ubujura izi ngabo za Leta ya Congo zagikoreye muri Quartier ya Kasenga.

Amakuru akomeza avuga ko iryo mishwaho ryamasasu ryabaye kuri FARDC, ryatumye abaturage benshi bagira icyikango, bakeka ko ari intambara yabaye hagati y’izi ngabo z’iki gihugu n’iz’u mutwe wa M23. Kuko bivugwa ko iryo rasana ryamaze umwanya wamaze isaha zirengaho iminota nka mirongo.

Gusa, ukuri kwaryo kwamenyekanye ubwo insoresore zirinda umutekano wa Quartier ya Kasenga bamururaga FARDC, aho barimo bagira bati: “FARDC, muri abajura. Turabamaganye. Mu barase, nga bo barahunze!”

Kimweho, aba basirikare bakoze igikorwa nk’iki mu gihe bari baheruka gusurwa n’umugaba mukuru w’Ingabo zabo, waje avuye i Kinshasa. Binavugwa ko yari aje ku bakangurira kwirinda gusubiranamo na Wazalendo, ndetse kandi ngo yanabategetse kuvanga n’abo barwanyi no gushakira abaturage batuye umujyi wa Uvira umutekano n’ibindi bice byose bagenzura.

Hejuru y’ibyo yanabahaye ibindi bikoresho byagisirikare bikaze, bizabafasha kurinda uyu mujyi ntugwe mu maboko ya M23.

Nyamara nubwo FARDC yasabwe kudasubiranamo na Wazalendo inahabwa ibwiriza ryo kwivanga nayo kugira ngo habe kurushaho kurinda umutekano w’ibice bagenzura, ntibyabujije ko ku munsi w’ejo bundi ku wa gatandatu aba basirikare bica barashe umurwanyi wa Wazalendo wari uzwi nk’umukolonel(Colonel).

Bigaragazwa ko bamurasiye mu gace kitwa Nzibira ko muri teritware ya Walungu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Kimweho icyatume bamwicya ntikizwi, icyo tuzi ni uko bamwishe mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru.

Gukora ubujura kwa FARDC no gusubiranamo kwayo na Wazalendo ni ibintu bisanzwe byarabaye akamenyero, haba muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’ahandi mu zindi ntara ahanini nko muri Manyema no mu cyahoze ari Katanga.

Mu ntangiriro zakiriya cyumweru na bwo, aba basirikare barasiwe i Luvungi muri Uvira bazira ubujura, ki mwe kandi n’irindi rasana riheruka kubera kuri Mulongwe, hari nyuma y’aho FARDC yasanzwe iri kwiba mu ngo z’abaturage niko guhita imishwaho urufaya rw’amasasu menshi na bwo barahunga nk’uko n’ubundi byababayeho mu ijoro ryaraye rikeye muri Kasenga.

Tags: AmasasuKasengaUvira
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

Uko byifashe ku mirongo y'urugamba mu Rugezi hagati ya FARDC na Twirwaneho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?