• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2025
in Regional Politics
0
FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.
138
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abasirikare benshi ba Leta ya Kinshasa barimo n’abafite ipeti rya Colonel babiri baguye mu ntambara irimo kubera mu duce two muri teritware ya Masisi, bakaba barashwe n’abarwanyi bo mu mutwe wa M23.

Ni mu mirwano ikomeje kubera mu duce turi mu nkengero za Zone ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko biri uyu munsi ni ugira gatatu imirwano ibera muri grupema ya Ngungu iherereyemo Zone ya Masisi aho hari ihangana rikomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Iyi mirwano ikaba yaguyemo Col. Mbongo na Col. Idi Muhombo bakomoka muri Kivu y’Amajy’epfo. Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko aba basirikare bakuru baguye mu mirwano yabaye uyu munsi bakaba bapfanye n’abasirikare benshi nk’uko byemejwe na m23.

Lt Col Willy Ngoma uvugira M23 mu bya gisirikare yatangaje ko FARDC n’abambari bayo batakaje abasirikare benshi muri teritware ya Masisi, kandi ko abarwanyi bo ku ruhande rwe bafashe n’ibikoresho byinshi byagisirikare.

Yagize ati: “Katale iherereye muri Masisi irahumeka umwuka wo kubohorwa. Umwanzi yatakaje ingabo nyinshi, intwaro nyinshi ndetse n’amasasu bifatwa n’intare za Sarambwe.”

Gusa Willy Ngoma ntiyavuze umubare nyawo w’ingabo zo ku ruhande rwa leta zahaburiye ubuzima, ariko amakuru dufite nuko hapfuye abasirikare ba FARDC 135.

Si Katale yonyine M23 yigaruriye kuko yanigaruriye na gace ka Kashebere kari gasanzwe ari ndiri ikomeye ya FDLR. Aka gace binavugwa ko uyu mutwe wa FDLR wari waragashinzemo n’amashuri bigishirizamo abana babo.

Ifatwa ry’utu duce twombi ry’ugururiye M23 amarembo yo kuba yakwigarurira zone ya Masisi iherereye mu birometero bibarirwa mu munani uvuye muri utwo duce twafashwe.

Abo ku ruhande rwa leta basabye FARDC n’abambari bayo gukuba kabiri imbaraga barimo bakoresha barwanya uriya mutwe wa M23.

Tags: FardcM23Masisi
Share55Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
M23 yigambye kuvugutira umuti ihuriro ry’Ingabo za RDC.

M23 yababaje bikomeye ubutegetsi bw'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?