• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2024
in Regional Politics
0
FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.
147
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zikoresheje indege z’akajugujugu, zohereje ibikoresho byagisirikare mu duce duherereye mu nkengero za Minembwe aho iz’i ngabo zimaze iminsi zigaba ibitero mu baturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ahitwa kwa Mulima, agace gaherereye muri Secteur ya Mutambala, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ni ho indege za FARDC za kajuguju zaturaga ibyo bikoresho.

Bikavugwa ko ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 27/12/2024 kwaribwo ibyo bikoresho byazwanywe muri kariya gace.

Nk’uko amasoko yacu abivuga, ibi bikoresho byagisirikare bigwiriyemo imbunda nini, amasasu n’ibindi bikoresho bitandukanye bifasha ingabo ku rugamba, harimo n’ibyitumanaho.

Aya makuru akomeza avuga ko indege za kajugujugu zaseshye biriya bikoresho zari zibiri, kandi ko zashikije inshuro ebyeri.

Ni amakuru kandi avuga ko ibi bikoresho byarimo bivanwa muri Uvira.

Ibi bikoresho bizanywe muri utu duce duherereye mu nkengero za Minembwe, mu gihe FARDC yatangiye kugaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge yo muri ibyo bice.

Tubibutsa ko ibyo bitero FARDC yatangiye kubigaba tariki ya 28/11/2024, aho yabitangiriye mu Kalingi, kugeza n’ubu ibyo bitero birakomeje.

Abanyamulenge bari mu bihe bitaboroheye, kuko Leta ya Kinshasa yabahagurukiye, ni nde uzabatabara ?

Tags: FardcKajugujuguKwa Mulima
Share59Tweet37Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yaciye amarenga yokuba yafata umujyi wa Goma na Bukavu.

M23 yaciye amarenga yokuba yafata umujyi wa Goma na Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?