Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 28, 2024
in Regional Politics
0
FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.
147
SHARES
3.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yohereje ibikoresho bikaze mu nkengero za Minembwe ikoresheje indege.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zikoresheje indege z’akajugujugu, zohereje ibikoresho byagisirikare mu duce duherereye mu nkengero za Minembwe aho iz’i ngabo zimaze iminsi zigaba ibitero mu baturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ahitwa kwa Mulima, agace gaherereye muri Secteur ya Mutambala, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ni ho indege za FARDC za kajuguju zaturaga ibyo bikoresho.

Bikavugwa ko ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 27/12/2024 kwaribwo ibyo bikoresho byazwanywe muri kariya gace.

Nk’uko amasoko yacu abivuga, ibi bikoresho byagisirikare bigwiriyemo imbunda nini, amasasu n’ibindi bikoresho bitandukanye bifasha ingabo ku rugamba, harimo n’ibyitumanaho.

Aya makuru akomeza avuga ko indege za kajugujugu zaseshye biriya bikoresho zari zibiri, kandi ko zashikije inshuro ebyeri.

Ni amakuru kandi avuga ko ibi bikoresho byarimo bivanwa muri Uvira.

Ibi bikoresho bizanywe muri utu duce duherereye mu nkengero za Minembwe, mu gihe FARDC yatangiye kugaba ibitero mu mihana y’Abanyamulenge yo muri ibyo bice.

Tubibutsa ko ibyo bitero FARDC yatangiye kubigaba tariki ya 28/11/2024, aho yabitangiriye mu Kalingi, kugeza n’ubu ibyo bitero birakomeje.

Abanyamulenge bari mu bihe bitaboroheye, kuko Leta ya Kinshasa yabahagurukiye, ni nde uzabatabara ?

Tags: FardcKajugujuguKwa Mulima
Share59Tweet37Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
M23 yaciye amarenga yokuba yafata umujyi wa Goma na Bukavu.

M23 yaciye amarenga yokuba yafata umujyi wa Goma na Bukavu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?