• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.

minebwenews by minebwenews
January 25, 2025
in Regional Politics
0
FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.
117
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye umuntu.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Abasirikare ba Congo(FARDC ) bo muri brigade ya 21, ifite icyicaro gikuru mu Minembwe, bishe barashe umusore w’i Lundu wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, uri mu kigero cy’imyaka 19.

Bienvenue Rucagwa mwene Rucagwa wo mu muryango w’Abagorora, ni we wishwe arashwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 25/01/2025, akaba yishwe na FARDC.

Amakuru Minembwe.com imaze kwakira avuga ko uyu musore yarashwe igihe cya manywa yo kuri uyu munsi.

Bivugwa ko abasirikare bamwishe ubwo bari bageze mu muhana w’i wabo i Lundu, kandi ko bahise bamurasa nta n’icyo babanje ku muganiriza, bigaragaza ko yazize isura ye.

Nyuma aba basirikare bahise batangira kurasa berekeza ku mazu muri uwo muhana w’i Lundu wo mugace kitwa mu Bega.

Ari nabwo Abanyamulenge bo mu itsinda ry’irwanaho bahise birwanaho nk’uko basanzwe babikora.

Kuri ubu muri aka gace hakaba hari kumvikana imbunda ziremereye n’izito.

Ibyo bikaba byongeye gutuma abaturage baturiye ibyo bice n’inkengero zabyo bongera guhunga, abenshi berekeje mu duce duherereye mu mashyamba abandi bagana mu bihuru. Ku Cyumweru nibwo abaturage b’i Lundu bari bahunze nyuma y’aho aba basirikare ba FARDC bari bagabye igitero mu muhana w’Abanyamulenge uherereye hakurya ya Lwiko, aho ni i Gakenke.

FARDC yongeye gukora munda Abanyamulenge mu gihe hari hatarashyira ibyumweru bibiri bishe undi mu gabo uri mu kigero cy’imyaka 44, uwo biciye mu Minembwe centre.

Si nuwo gusa kuko no mu kwezi gushize hari undi mwana w’Umukobwa FARDC yiciye ahitwa ku Kabakire.

Ni mu gihe kandi mu ntangiriro z’umwaka wa 2021 hishwe abagore batandatu nabo bakaba barishwe na FARDC bicirwa i Lundu. Uretse nabo, Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bagiye bicwa n’ingabo za RDC abandi bakicwa n’abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi na Leta ya Kinshasa. Abarwanyi bo muri iyo mitwe ibica ni Maï-Maï Bishambuke na FDLR.

Hagataho, Abanyamulenge bakomeje kurira kuko kuva mu 1964 kugeza ubu ntibarabona ubatabara. Leta ya Kinshasa yo kabatabaye n’iyo ifata umwanya wa mbere mu kubica.

Tags: AbanyamulengeI LunduKurira
Share47Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Imirwano hagati ya FARDC na M23 yongeye gukangana nyuma y’uko ihinduye isura.

FARDC yahawe amasaha ntarengwa yo kuba yavuye muri Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?