• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Faustin Twagiramungu, wapfuye ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, ni muntu ki?

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Faustin Twagiramungu uheruka gupfa apfiriye mu Bubiligi, yapfuye afite Imyaka 78 y’amavuko. Mubusanzwe Twagiramungu yarazwi nk’umunyapolitike utarya umunwa mubyo anenga.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Faustin Twagiramungu, ari mu banyapolitike bamaganye ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda Juvenali Habyarimana, aha harimbere y’uko ingoma ya Habyarimana itsembatsemba abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ibi biri mu byatumye yifatanya n’a RPF Inkotanyi, umutwe waje kurwana utsinda ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda.

Ubwo RPF Inkotanyi yarimaze gutsinda Urugamba rwo kubohoza u Rwanda, Faustin Twagiramungu yahise ahabwa kuba minisitiri w’intebe mu mwaka wa 194 ahagana mu mwaka w’ 1995 aregura, bimuviramo guhunga igihugu ahungira mu Bubiligi.

Ageze mu Bubiligi yaje gushinga Ishyaka rya RDI(Rwanda rwiza yari ayoboye), byaje kumuviramo gushigikira ahanini imitwe y’inyeshamba irwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Yaje kugaruka i Rwanda ubwo yiyamamarizaga umwanya w’u mukuru w’igihugu aho yarahanganye na perezida Paul Kagame, mu mwaka wa 2003. Twagiramungu yaje gutsindwa ayo Matora ku majwi 3.6% mugihe Perezida Paul Kagame we yagize amajwi 95%

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, n’ibwo umuryango we watangaje ko Twagiramungu Faustin yapfuye. Mw’itangazo umuryango washize hanze ryavugako yazize “urupfu rutunguranye.”

Twagiramungu yari uwo mu bwoko bwa Bahutu, munzu ya Basinga, yavukiye i Cyangugu. Yize amashuri ya Kaminuza.

Bruce Bahanda.

Tags: Faustin Twagiramungu wapfuye ku wa GatandatuNi Muntu ki?
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Delly Sesanga, wari umukandinda mu matora ateganijwe kuba muri RDC, yiyunze kuri Moïse Katumbi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?