Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Faustin Twagiramungu, wapfuye ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, ni muntu ki?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Faustin Twagiramungu uheruka gupfa apfiriye mu Bubiligi, yapfuye afite Imyaka 78 y’amavuko. Mubusanzwe Twagiramungu yarazwi nk’umunyapolitike utarya umunwa mubyo anenga.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Faustin Twagiramungu, ari mu banyapolitike bamaganye ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda Juvenali Habyarimana, aha harimbere y’uko ingoma ya Habyarimana itsembatsemba abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ibi biri mu byatumye yifatanya n’a RPF Inkotanyi, umutwe waje kurwana utsinda ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda.

Ubwo RPF Inkotanyi yarimaze gutsinda Urugamba rwo kubohoza u Rwanda, Faustin Twagiramungu yahise ahabwa kuba minisitiri w’intebe mu mwaka wa 194 ahagana mu mwaka w’ 1995 aregura, bimuviramo guhunga igihugu ahungira mu Bubiligi.

Ageze mu Bubiligi yaje gushinga Ishyaka rya RDI(Rwanda rwiza yari ayoboye), byaje kumuviramo gushigikira ahanini imitwe y’inyeshamba irwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Yaje kugaruka i Rwanda ubwo yiyamamarizaga umwanya w’u mukuru w’igihugu aho yarahanganye na perezida Paul Kagame, mu mwaka wa 2003. Twagiramungu yaje gutsindwa ayo Matora ku majwi 3.6% mugihe Perezida Paul Kagame we yagize amajwi 95%

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, n’ibwo umuryango we watangaje ko Twagiramungu Faustin yapfuye. Mw’itangazo umuryango washize hanze ryavugako yazize “urupfu rutunguranye.”

Twagiramungu yari uwo mu bwoko bwa Bahutu, munzu ya Basinga, yavukiye i Cyangugu. Yize amashuri ya Kaminuza.

Bruce Bahanda.

Tags: Faustin Twagiramungu wapfuye ku wa GatandatuNi Muntu ki?
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post

Delly Sesanga, wari umukandinda mu matora ateganijwe kuba muri RDC, yiyunze kuri Moïse Katumbi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?