• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Faustin Twagiramungu, wapfuye ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, ni muntu ki?

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Faustin Twagiramungu uheruka gupfa apfiriye mu Bubiligi, yapfuye afite Imyaka 78 y’amavuko. Mubusanzwe Twagiramungu yarazwi nk’umunyapolitike utarya umunwa mubyo anenga.

You might also like

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

Faustin Twagiramungu, ari mu banyapolitike bamaganye ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda Juvenali Habyarimana, aha harimbere y’uko ingoma ya Habyarimana itsembatsemba abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi. Ibi biri mu byatumye yifatanya n’a RPF Inkotanyi, umutwe waje kurwana utsinda ingoma y’uwahoze ari perezida w’u Rwanda.

Ubwo RPF Inkotanyi yarimaze gutsinda Urugamba rwo kubohoza u Rwanda, Faustin Twagiramungu yahise ahabwa kuba minisitiri w’intebe mu mwaka wa 194 ahagana mu mwaka w’ 1995 aregura, bimuviramo guhunga igihugu ahungira mu Bubiligi.

Ageze mu Bubiligi yaje gushinga Ishyaka rya RDI(Rwanda rwiza yari ayoboye), byaje kumuviramo gushigikira ahanini imitwe y’inyeshamba irwanya ubutegetsi bwa Kigali.

Yaje kugaruka i Rwanda ubwo yiyamamarizaga umwanya w’u mukuru w’igihugu aho yarahanganye na perezida Paul Kagame, mu mwaka wa 2003. Twagiramungu yaje gutsindwa ayo Matora ku majwi 3.6% mugihe Perezida Paul Kagame we yagize amajwi 95%

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, n’ibwo umuryango we watangaje ko Twagiramungu Faustin yapfuye. Mw’itangazo umuryango washize hanze ryavugako yazize “urupfu rutunguranye.”

Twagiramungu yari uwo mu bwoko bwa Bahutu, munzu ya Basinga, yavukiye i Cyangugu. Yize amashuri ya Kaminuza.

Bruce Bahanda.

Tags: Faustin Twagiramungu wapfuye ku wa GatandatuNi Muntu ki?
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé

Byinshi ku Rugendo Perezida Tshisekedi Yagiriye i Lomé Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakomeje urugendo rwe rwa dipolomasi muri Afurika, agera muri Repubulika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF

U Rwanda Rwongeye Gushyigikira Mushikiwabo ku Mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’OIF Mu itangazo ryasohowe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, U Rwanda rwatangaje ko rusubije gutanga Louise...

Read moreDetails

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye

Burundi: Indwara Idasanzwe Yagaragaye kwa perezida Evariste Ndayishimiye Mu gace ka Gihungwe, gaherereye muri zone Gihanga, komine Mpanda mu ntara ya Bujumbura, haravugwa ukwiyongera kw’abaturage bafashwe n’indwara itaramenyekana,...

Read moreDetails

UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa

UPDF Yakajije Umutekano i Kampala mu Myiteguro y’Amatora, Abaturage Barahumurizwa Umuvugizi w’agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yemeje ko umutekano watangiye gukazwa mu Murwa Mukuru Kampala,...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika

Perezida Museveni Yashimye Politiki ya Trump yo Gukumira Abimukira, Ayita Isomo rikomeye kuri Afurika Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yashimye icyemezo cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails
Next Post

Delly Sesanga, wari umukandinda mu matora ateganijwe kuba muri RDC, yiyunze kuri Moïse Katumbi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?