Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

FBI, Yahishuye Uburyo Umwamikazi Élisabeth Wa II, Yahushijwe Kwcwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FBI yahishuye umugambi wigeze kubaho wo kwica umwamikazi Elizabeth, ahagana mu myaka ya za 1980

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Umwamikazi Elizabeth wa II, yigeze gusimbuka umutego wari kumwica wabakora iterabwoba ubwo yari mu ruzinduko rwakazi mumwaka wa 1983, nimugihe yari muri Amerika, inyandiko za FBI, zibisohoye vuba muriki cyumweru.

Ibi biro bishinzwe iperereza by’ikigo cya FBI, byashyize ahagaragara amadosiye ajyanye n’uruzinduko rwa nyakwigendera Umwamikazi yigeze kugirira muri Amerika, bikaba bisohotse nyuma y’urupfu rwe!!

Aba bakozi ba FBI barimo kwerekana uburyo FBI, yafashije kurinda umutekano w’Umwamikazi mu ruzinduko rwe, aho yategwa ga imitego nimitwe ikora iterabwoba ya IRA.

Nk’uko bigaragara muri izo nyandiko, umupolisi wakundaga kujya mu kabari ka Irilande i San Francisco, yamenyesheje abakozi bafasha umwamikazi, abasaba guterefona umuntu yavuga ko bigeze guhurira mu kabari.

Uyu muyobozi yavuze ko uyu mugabo yamubwiye ko ashaka kwihorera ku mukobwa we “wishwe muri Irilande y’Amajyaruguru apfa yishwe n’amasasu yarashwe ho”.

Ubwo uwo mwamikazi yashigwagaho iterabwaba hari Tariki 04.02.1983, nibwo umwamikazi Elizabeth wa II, n’umugabo we Prince Philip bari bamaze kugera muri Californiya.

“Uwamutera ga ubwoba yabanjye kumwereka ko amusuzuguye ariko yifuzaga kumugirira nabi. Gusa umwamikazi Elizabeth yakomeje kwihagararaho.”

Mu rwego rwo guhangana nabarimo gukora iryo terabwoba, urwego rukorera mwibanga baraho hafi yikiraro cya Zahabu mu gihe ubwato bwo bwari bwegereje, ariko urugendo rwo rwarakomeje.

Guta muriyombi abarimo bakora ubwo bugizi bwanabi ntabwo FBI yabishize ahagaragara.

Dusanga gusa kurubuga rw’amakuru rwa FBI, rwashizwe hanze kuruyu wa mbere ayamakuru ariko agaragaza ko harizindi nyandiko zihishe badashaka kugaragaza.

Muriyi nkuru dusangamo nyakwigendera umwamikazi, yarakoze ingendo ninshi muri Amerika, aho harimo nu ruzinduko rwo mumwaka wa 1983 urwo yagiriye mu burengerazuba, rwaje mu gihe habaye amakimbirane mu gihe cy’ibibazo byabereye muri Irilande y’Amajyaruguru.

Mu 1976, nyakwigendera Umwamikazi kandi yari mu mujyi wa New York mu birori byo kwizihiza imyaka magana abiri ya Amerika.

Hano dusanga Mubyara we wa kabiri Lord Mountbatten, yariciwe mu gitero cya bombe cyabo mumutwe witerabwoba wa IRA ahagana ku nkombe za Sligo, muri Repubulika ya Irilande, mumwaka wa 1979.

Mbere y’uruzinduko rw’umwamikazi, i Kentucky mumwaka wa 1989, aha dusanga urwego rwa FBI rutangaza ko “Bishoboka ko abakoraga iterabwaba babitangiye kera abarikoraga bari bashigikiwe ni ngabo za Repubulika ya Irlande (IRA).”

Yakomeje ivuga ko “Boston na New York basabwe gukomeza kuba maso ku iterabwoba iryo ari ryo ryose ryibasira umwamikazi Elizabeth II.

Nyakwigendera Umwamikazi wari ufite amafarashi asiganwa, azwiho kuba yarasuye Kentucky inshuro nyinshi harimo ko yahageze nigihe harisiganwa rya Derby(Isiganwa ryamafarashi).

Mu ruzinduko yakoze mumwaka wa 1991, yari kureba umukino wumupira bitaga baseball, na Perezida George H Bush, yari yawitabiye.

FBI yari yarihanangirije urwego rw’ibanga ko “amatsinda yo muri Irilande” ateganya kwigaragambya kuri sitade icyogihe.”

FBI yabwiye NBC News ko hashobora kubaho “izindi nyandiko” zihari usibye izasohotse muri iki cyumweru, ariko ntiziremererwa kurekurwa ariko ibikubiyemo akaba ari amabanga ajanye nuburyo umwamikazi Élisabeth yahushijwe kwicwa mumyaka yashize.

Tags: ElisabethFBIKwicwaUmwamikazi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ukraine's Defense Intelligence Directorate Says Russia Will Stage An attack On The Nuclear Power Station In Zaporizhzhia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?