Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ivugwa hamwe n’ingabo z’u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 22, 2024
in Regional Politics
0
FDLR ivugwa hamwe n’ingabo z’u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR bahakana ko iby’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda na leta ye ba bashinja nta shingiro bifite.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni umutwe wa FDLR wongeye gusaba kuganira na Guverinoma y’u Rwanda, nk’uko ibi bya tangajwe na radio ijwi rya merika.

Iy’i radio ivuga ko ubuyobozi bwa FDLR busaba ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ko yari akwiye ukwemera akaganira n’uyu mutwe, bo bakavuga ko muri icyo gihe haboneka igisubizo cy’u mutekano urambye.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yakomeje kugaragaza ko FDLR, umutwe urwanya ubutegetsi bwe, udateye impungenge Abanyarwanda gusa, ahubwo ko n’akarere kose muri rusange.

Paul Kagame kandi yahakanye ibivugwa ko we n’igihugu cye batera inkunga M23, ahubwo yakomeje ku mvikanisha ko ibibazo bya banyekongo ari ubuyobozi bwabo bwite k’uko budashobora gukemura amakimbirane y’abaturage bayo baherereye mu mizi.

Ku ruhande rwa perezida Félix Tshisekedi, we yemeza ko intandaro y’ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ari u Rwanda. Akavuga ko ibi abihera ku bufasha iki gihugu giha umutwe wa M23 irwanya ubutegetsi bwe, kuri ubu M23 ikaba imaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Mu Nama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango w’Afrika yunze ubumwe iheruka kubera i Addis Ababa muri Ethiopa, abakuru b’ibihugu basabye ko u Rwanda na Congo byo ganira bityo amahoro n’umutekano bikagaruka mu Karere.

Gusa FDLR yo ivuga ko hari bindi irwanira bitari uguhungabanya umutekano wa banyarwanda.

K’urundi ruhande uy’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, wongeye kuvugwa cyane ku kongera kwisuganyiriza mu misozi miremire y’Imulenge. Na makuru yavuzwe n’abaturiye ibyo bice, avugwa muri ibi byumweru bi biri bishize.

Bavuga FDLR ko bavuye mu bice bya Kilembwe no mu Lulenge, muri teritware ya Fizi, bagana mu bice bya Rurambo, mu misozi yo muri teritware ya Uvira, aha rero niho bihurije n’ingabo z’u Burundi zisanzwe mu ngabo za TAFOC mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ay’amakuru akomeza avuga ko ukw’i huza kwabaye ku basirikare b’u Burundi na FDLR ngo byoba bifitanye isano no gutera u Rwanda, nyuma y’uko perezida w’u Burundi atangarije i Kinshasa avuga ko urubyiruko rw’Abanyekongo n’urwabarundi bazihuza bagakuraho ubutegetsi bwa Kagame ngo m’urwego rwo gushakira akarere amahoro.

Ni mugihe kandi hagize igihe havugwa ko FDLR n’ingabo z’u Burundi bashaka gutera u Rwanda banyuze inzira y’u Burundi ko ndetse mu ishamba rya kibira hagize igihe haboneka abasirikare benshi b’u Burundi na FDLR bafite n’ibibunda biremereye. Ibyo byemezwa n’abaturage b’u Burundi baturiye i Ntara ya Kirundo ndetse na Cibitoki.

           MCN.
Tags: FDLRIngabo z'u BurundiYagize icyivuga ku mahoro arambye yo mu karere
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye umuryango w’Abibumbye kutazongera guha ijambo u Rwanda muri uwo muryango.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye umuryango w'Abibumbye kutazongera guha ijambo u Rwanda muri uwo muryango.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?