• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ivugwa hamwe n’ingabo z’u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.

minebwenews by minebwenews
February 22, 2024
in Regional Politics
0
FDLR ivugwa hamwe n’ingabo z’u Burundi gushaka gutera u Rwanda, yagize icyo ivuga ku mahoro yo mu karere.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR bahakana ko iby’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda na leta ye ba bashinja nta shingiro bifite.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni umutwe wa FDLR wongeye gusaba kuganira na Guverinoma y’u Rwanda, nk’uko ibi bya tangajwe na radio ijwi rya merika.

Iy’i radio ivuga ko ubuyobozi bwa FDLR busaba ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ko yari akwiye ukwemera akaganira n’uyu mutwe, bo bakavuga ko muri icyo gihe haboneka igisubizo cy’u mutekano urambye.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yakomeje kugaragaza ko FDLR, umutwe urwanya ubutegetsi bwe, udateye impungenge Abanyarwanda gusa, ahubwo ko n’akarere kose muri rusange.

Paul Kagame kandi yahakanye ibivugwa ko we n’igihugu cye batera inkunga M23, ahubwo yakomeje ku mvikanisha ko ibibazo bya banyekongo ari ubuyobozi bwabo bwite k’uko budashobora gukemura amakimbirane y’abaturage bayo baherereye mu mizi.

Ku ruhande rwa perezida Félix Tshisekedi, we yemeza ko intandaro y’ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC ari u Rwanda. Akavuga ko ibi abihera ku bufasha iki gihugu giha umutwe wa M23 irwanya ubutegetsi bwe, kuri ubu M23 ikaba imaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo.

Mu Nama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango w’Afrika yunze ubumwe iheruka kubera i Addis Ababa muri Ethiopa, abakuru b’ibihugu basabye ko u Rwanda na Congo byo ganira bityo amahoro n’umutekano bikagaruka mu Karere.

Gusa FDLR yo ivuga ko hari bindi irwanira bitari uguhungabanya umutekano wa banyarwanda.

K’urundi ruhande uy’u mutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, wongeye kuvugwa cyane ku kongera kwisuganyiriza mu misozi miremire y’Imulenge. Na makuru yavuzwe n’abaturiye ibyo bice, avugwa muri ibi byumweru bi biri bishize.

Bavuga FDLR ko bavuye mu bice bya Kilembwe no mu Lulenge, muri teritware ya Fizi, bagana mu bice bya Rurambo, mu misozi yo muri teritware ya Uvira, aha rero niho bihurije n’ingabo z’u Burundi zisanzwe mu ngabo za TAFOC mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ay’amakuru akomeza avuga ko ukw’i huza kwabaye ku basirikare b’u Burundi na FDLR ngo byoba bifitanye isano no gutera u Rwanda, nyuma y’uko perezida w’u Burundi atangarije i Kinshasa avuga ko urubyiruko rw’Abanyekongo n’urwabarundi bazihuza bagakuraho ubutegetsi bwa Kagame ngo m’urwego rwo gushakira akarere amahoro.

Ni mugihe kandi hagize igihe havugwa ko FDLR n’ingabo z’u Burundi bashaka gutera u Rwanda banyuze inzira y’u Burundi ko ndetse mu ishamba rya kibira hagize igihe haboneka abasirikare benshi b’u Burundi na FDLR bafite n’ibibunda biremereye. Ibyo byemezwa n’abaturage b’u Burundi baturiye i Ntara ya Kirundo ndetse na Cibitoki.

           MCN.
Tags: FDLRIngabo z'u BurundiYagize icyivuga ku mahoro arambye yo mu karere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye umuryango w’Abibumbye kutazongera guha ijambo u Rwanda muri uwo muryango.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, yasabye umuryango w'Abibumbye kutazongera guha ijambo u Rwanda muri uwo muryango.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?