• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

FDLR na Wazalendo baherekejwe n’imbonerakure ubwo bahunganga muri Kitchanga n’ahandi.

minebwenews by minebwenews
October 7, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru aturuka i Kitchanga, M’uburasirazuba bwa RDC, yemeza ko Kitchanga, u Mujyi uzwiho ubucuruzi wamaze gufatwa n’ingabo za M23. N’imu mirwano yabaye kugicamunsi cokuri uyu wa Gatandatu tariki 07/10/2023.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Gusa aha hari habanjye kuramukira agahenge, nyuma y’iminsi itatu y’imirwano ikaze hagati ya FARDC na M23.

Ku Cyumweru gishize ni bwo impande zombi zubuye imirwano, mu minsi ibiri yakurikiyeho zitanga agahenge mbere yo kongera kubura imirwano kuva ku wa Gatatu w’iki cyumweru.

Kugeza ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu imirwano yari ikijya mbere mu duce twa Teritwari ya Nyiragongo, aho byanavuzwe ko M23 yageze mubice bya Kanyarucinya.

Minembwe Capital News, yahawe amakuru ko mubarwanyi ba Wazalendo barwaniye mu Bwiza ntanumwe wasimbutse ko bose bahise bahasiga ubuzima.

Uruhande rwa M23 ruvuga ko Ingabo z’uyu mutwe zikigenzura ibirindiro byawo mu duce dutandukanye.

Amakuru kandi avuga ko ku wa Gatanu uyu mutwe wa M23 wigaruriye agace ko ku Nturo ko muri Teritwari ya Masisi, nyuma y’amasaha make gafashwe n’Ingabo za Leta ya Congo zanatwitse amazu ya bamwe mu baturage bagatuyemo

N’ubwo ingabo za leta ya Kinshasa (FARDC) zivuga ko ziri gutsinda iyi ntambara ariko Abasesenguzi bo babona ko ntakiragaragara ko FARDC iri gutsinda bitewe n’uko M23 ubwayo itarinjira mu ntambara.

Ikindi n’uko inyeshyamba zomuri uyu mutwe wa Nyatura na FDLR bakomeje kwigamba ko bagomba kwirukana M23 n’Abatutsi bakayigeza mu Rwanda.

Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira yizewe n’uko Ingabo z’uburundi zomu mutwe w’imbonerakure bagaragaye mu mirwano yahuje M23 n’ihuriro rya FARDC na Wazalendo ndetse na FDLR mu Mujyi wa Kitshanga, aho ndetse izi ngabo z’u Burundi zagaragaye ziherekeje FDLR bahunga nyuma y’uko bari bamaze gutsindwa intambara muri Kitchanga.

Abasirikare b’u Burundi bagaragaye muriyi mirwano mugihe n’ubundi bari bagize igihe bavugwaho nokwambara impuzakano (Uniform) y’igisikare ca RDC.

Minembwe Capital News yabwiwe ko imbonerakure ziri muri Kivu y’Epfo n’iyaruguru.

Uwatanze ayamakuru yagize ati: “Ingabo za Barundi z’injiye muntambara n’izo mu mutwe w’imbonerakure kandi ziri nomuri Kivu yamajy’Epfo, muri Plaine Dela Ruzizi na Kamanyora bari na Bukavu, Minova ndetse na Kalungu.”

Yakomeje ati: “FARDC yambara umwenda wabazalendo, mugihe bagiye kuntambara naho yampuzakano ya FARDC yakera niyo Wazalendo n’imbonerakure kure bambara.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 07/10/2023.

Tags: FDLR na Wazalendo baherekejwe n'imbonerakure ubwo bahunganga muri Kitchanga ndetse na handi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Muri Komine ya Karisimbi, homuri Goma Abatwa bishe Abapolisi ba RDC n'abasivile bakoresheje imishare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?