• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Hamenyekane icyo FARDC irimo gutegura nyuma y’aho Twirwaneho iyikubise ahababaza.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Ibivugwa ku irasana ryabaye hagati y’abasirikare  n’abapolisi i Kinshasa.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Fizi: Hamenyekane icyo FARDC irimo gutegura nyuma y’aho Twirwaneho iyikubise ahababaza.

You might also like

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Nyuma yuko ihuriro ry’ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, FDNB, FDLR na Wazalendo rigabye ibitero mu minsi itatu yikurikiranya mu bice bya Minembwe bituwe n’Abanyamulenge benshi, ariko Twirwaneho irwanirira aba Banyamulenge bikarangira ihanye kubi ririya huriro rigaba biriya bitero; ubu noneho ubuyobozi bwaririya huriro muri Fizi na Uvira bwohereje abandi basirikare benshi kuja kurwanya uyu mutwe wa Twirwaneho, nk’uko Minembwe Capital News yahawe aya makuru n’abari i Fizi.

Kuva ku wa gatatu w’iki cyumweru mu nkengero za Minembwe hagabwa ibitero, aho byagabwe mu Marango aherereye mu majy’Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe ho muri secteur ya Lulenge na Mikenke iherereye muri secteur ya Itombwe.

Ni ibitero kandi aba Banyamulenge bagabweho no ku wa kane, ndetse n’uyu munsi ku wa gatanu, kuko batewe mu gice cya Mukoko na Nyaruhinga, ariko aha’rejoho batewe mu irembo rya Gahwela na Kivumu.

Ariko nk’uko amakuru abivuga nuko iri huriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri ibi bitero byose ryagabye ku Banyamulenge, ryarihuriyemo n’ibirushya byinshi, ni mu gihe Twirwaneho yaryambuye ibikoresho bya gisirikare, ndetse kandi bamwe mu basirikare bo muri iryo huriro baburirwa irengero, abandi babiburiramo ubuzima.

Ubundi kandi, uyu mutwe wa Twirwaneho wagiye usubiza biriya bitero byose inyuma.

Muri ubwo buryo, ubuyobozi bw’iri huriro ry’ingabo za Congo muri teritware ya Fizi na Uvira bwohereje abandi basirikare benshi mu Minembwe.

Ubuhamya dukesha umwe uri i Fizi, bugira buti: “Abasirikare benshi bo muri FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo, bari kuzamuka berekeza mu Minembwe. Bagiye ku rwanya Twirwaneho.”

Bushimangira ibi bugira buti: “Naha mu muhana wa Fizi hari abasirikare benshi, bamwe bavuye i Baraka, abandi baturutse i Uvira. Bose bari gutumwa kuja kurwana mu Minembwe.”

Aya makuru avuzwe mu gihe Justin Bitakwira uzwiho urwango rukomeye ku Banyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange yakiriwe i Uvira.

Bitakwira yageze i Uvira aturutse i Bujumbura, nyuma yokuva i Kinshasa akabanza guca i Lubumbashi n’i Kalemi mu ntara ya Tanganyika akabona kwereza i Bujumbura mu Burundi aho yavuye ahita aja aha i Uvira.

Bikaba bizwi ko uyu mugabo yazaniye Wazalendo ibikoresho bya gisirikare ndetse n’amafranga; gusa hakaba hari amakuru ataragenzurwa neza avuga ko bimwe muri ibyo bikoresho byagisirikare byazaniwe Wazalendo byaburiwe irengero.

Kuza kw’ibi bikoresho byagisirikare n’amafranga ya Wazalendo, bivugwa ko bije mu rwego rwo kugira ngo Wazalendo batangize urugamba rwo kubohoza ibice byigaruriwe na m23 na Twirwaneho.

Muri ibyo bice birimo Kamanyola iyo uyu mutwe wa m23 uheruka gufata, na Bukavu ifatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, ikaba yarafashwe n’uyu mutwe tariki ya 16/02/2025, ndetse na Minembwe, iyo Twirwaneho yigaruriye ku ya 21/02/2025.

Tags: FardcFiziMinembwe
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twirwaneho) ryatangaje ko ryafashe burundu umujyi wa Uvira, nyuma y’amezi arenga atatu...

Read moreDetails

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails
Next Post
Uganda’s First son Muhoozi Kainerugaba Travels to Rwanda as DRC  crisis Continues

Uganda's First son Muhoozi Kainerugaba Travels to Rwanda as DRC crisis Continues

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?