Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gabriel Rufyiri, ukuriye OLUCOME, yatangaje ko kuba mu Burundi muri iki gihe bisa no kuba mu kigandaro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Gabriel Rufyiri, ukuriye OLUCOME, yatangaje ko kuba mu Burundi muri iki gihe bisa no kuba mu kigandaro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME (Ishirahamwe rishinzwe kurwanya ruswa no gusesagura umutungo wa leta), ngwasanga kuba mu Burundi butagira amazi, lisansi (igitoro) n’amashanyarazi ntaho bitaniye no kuba mu kigandaro.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’ibyatangajwe na Gabriel Rufyiri kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru i Bujumbura mu Gihugu cy’u Burundi.

Yavuze ko igihugu cy’u Burundi cyatangiye kuba mu bihe bibi kuva igihe cy’u butegetsi bwa major Petero Buyoya(wa yoboye u Burundi ahagana mu mwaka w’ 1987-2003).

Rufyiri avuga ko muri icyo gihe cya Petero Buyoya, amashirahamwe menshi yo muri leta yagiye agawa, ariko kugeza ubu ko nta kintu kirigera gihinduka.

Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME yakomeje avuga ko ababajwe n’uko mu turere abategetsi bo hejuru baherereyemo amatara n’amazi bitarigera bibura ariko abenegihugu bohasi cyangwa bato bagahora mu ngorane zo kubura amashanyarazi, amazi n’ibishamikiye kuri peteroli.

Ikiganiro cya Gabriel Rufyiri ukuriye OLUCOME, gisoza kiburira abategetsi bo mu gihugu cy’u Burundi kumenya neza ko imisoro baka abaturage aribwo butunzi bw’igihugu, bityo ko abenegihugu badakwiye kugira icyo babura ku byerekeye umuriro n’amazi, ndetse no kubishamikiye kuri peteroli.

Ibyo abivuze mu gihe igihugu cy’u Burundi kiri mu ngorane zo kubura ibishamikiye kuri peteroli, amazi ndetse n’amashanyarazi. Ibyo bikaba byarongeye gufata indi ntera kuva perezida Evariste Ndayishimiye agiye ku ngoma.

                MCN.
Tags: Ibishamikiye kuri peteroliIkigandaroKuba Mu BurundiKubura amaziMuri iki giheumuriro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo n’Abafaransa bamaganye imvugo y’umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Anthony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Abarimo n'Abafaransa bamaganye imvugo y'umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika, Anthony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?