Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 22, 2024
in History
0
Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.
203
SHARES
5.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Yitwa Gasita Olivier, yazamuwe mu ntera aho yagizwe Brigadier General, avuye ku mwanya wa Colonel uwo yari amazeho imyaka irenga umunani. Uyu avuka mu bwoko bw’Abanyamulenge bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

N’i peti yahawe ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki ya 21/12/2024, ari hawe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Gasita wahawe ririya peti ryo hejuru, afite amateka yihariye.
Ahanini dusanga yaramenyekanye cyane igihe cy’ishyamba rya mbere, iryiswe ishyamba ry’igihe cya Masunzu, ubwo hari mu mwaka w’ 2002.

Amateka y’uy’umugabo, iyu yasubiyemo neza ubona yenda gusa n’aya Maj Gen Paul Kagame, kuko Gasita yinjiye ishyamba avuye kw’ishuri, kandi mbere y’uko aja muri iryo shyamba yabanje gukora mu biro bya Maïtre Azarias Ruberwa wari ukuriye ishyaka rya RCD ari na ryo Masunzu yari yiyonkoyemo.

Bivugwa ko yanajanye n’igikoresho cy’itumanaho cyari mu bikomeye muri icyo gihe, kizwi nka “manipaka,” ni igikoresho cyafashije cyane kuko ingabo za Masunzu zagikoresha kuganira n’itangaza makuru bakamenyekanisha intambara barimo barwana n’ingabo za RCD; akarere ka Minembwe muri icyo gihe nta rindi tumanaho kagiraga.

Muri iryo shyamba, Gasita wagizwe Brig Gen yari icyegera cya Lt Gen Pacifique Masunzu. Yabayeho ari umusirikare utinyitse kuko yabaga afite autorite iteyubwoba. Ibyo yanaje kuzira Masunzu ara mufunga igihe kingana n’u mwaka.

Bamwe mu basirikare bagiye babana na Gasita , babwiye Minembwe.com ko “hari igihe yabyukaga akicyara ku ntebe mu mbarazani zi nzu agasoma igitabo bukira adafashe ifunguro.

Bakimara kuva muri iri shyamba, ni bwo Gen Masunzu yamufunze, ariko ntiyamusobanurira icya mufungiye, nk’uko bivugwa, ibya natumye afande Gasita yanga kuva muri casho yari afungiyemo mu Minembwe.

Ubuhamya twahawe buvuga ko “nyuma y’aho Gasita yari amaze amezi atandatu afunzwe, Masunzu yamutumyeho kuva muri iyo casho, ngo kuko igihano kirangiye,” nawe yanga kuyivamo, avuga ko “atayivamo atazi icyo yazize.” Gusa ubwo ingabo zari ziyobowe na Masunzu zivanzwe n’iza Leta ya Kinshasa yari iyobowe na perezida Joseph Kabila Kabange, yavuye muri iyo casho yari amazemo umwaka.

Nyuma yigihe, yaje gutumwa mu gace kamwe ko mu Ntara ya Ituri, karimo intambara yari ikomeye y’amoko; ahageze yahagaritse abayobozi b’ibanze uhereye kuri administrateur wo muri iyi teritware ya Yumbi, iwe ubwiwe afata izo nshingano.

Ikindi yakoze n’uko yashizeho abayobozi bashya, maze yiyegereze urubyiruko rw’amoko yombi yarashamiranye, bityo intambara muri aka karere irahagarara, ndetse byanatumye ubutegetsi bwa Joseph Kabila butamuvana muri ako gace vuba, kuko yahamaze igihe kibarirwa mu myaka irenga itatu. Icyegeranyo cya LONI cyo mu mwaka w’ 2018, kivuga ko i Yumbi, intambara ya moko yahitanye ubuzima bw’abantu babarirwa 535. Ariko Gasita ahageze hataha amahoro n’umutekano mwiza.

Yaje kuvanwa i Yumbi, yoherezwa i Kinshasa aho yari disipo(dispos), nk’uko babyita.

Rero, Tshisekedi yamahuye inshingano zo kunganira ukuriye iperereza mu gisirikare kigizwe na région ya 33 muri Kivu y’Amajy’epfo. Mu gice cyahawe kuyoborwa na Lt Gen Pacifique Masunzu.

Tags: Brig Gen GasitaIshyambaMasunzu
Share81Tweet51Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?