• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2024
in sport & entertainment
0
Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.
203
SHARES
5.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gasita wazamuwe mu ntera mu gisirikare cya FARDC, menya ibyingenzi kuri we.

You might also like

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Yitwa Gasita Olivier, yazamuwe mu ntera aho yagizwe Brigadier General, avuye ku mwanya wa Colonel uwo yari amazeho imyaka irenga umunani. Uyu avuka mu bwoko bw’Abanyamulenge bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

N’i peti yahawe ku mugoroba wo ku wa gatandatu tariki ya 21/12/2024, ari hawe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo.

Gasita wahawe ririya peti ryo hejuru, afite amateka yihariye.
Ahanini dusanga yaramenyekanye cyane igihe cy’ishyamba rya mbere, iryiswe ishyamba ry’igihe cya Masunzu, ubwo hari mu mwaka w’ 2002.

Amateka y’uy’umugabo, iyu yasubiyemo neza ubona yenda gusa n’aya Maj Gen Paul Kagame, kuko Gasita yinjiye ishyamba avuye kw’ishuri, kandi mbere y’uko aja muri iryo shyamba yabanje gukora mu biro bya Maïtre Azarias Ruberwa wari ukuriye ishyaka rya RCD ari na ryo Masunzu yari yiyonkoyemo.

Bivugwa ko yanajanye n’igikoresho cy’itumanaho cyari mu bikomeye muri icyo gihe, kizwi nka “manipaka,” ni igikoresho cyafashije cyane kuko ingabo za Masunzu zagikoresha kuganira n’itangaza makuru bakamenyekanisha intambara barimo barwana n’ingabo za RCD; akarere ka Minembwe muri icyo gihe nta rindi tumanaho kagiraga.

Muri iryo shyamba, Gasita wagizwe Brig Gen yari icyegera cya Lt Gen Pacifique Masunzu. Yabayeho ari umusirikare utinyitse kuko yabaga afite autorite iteyubwoba. Ibyo yanaje kuzira Masunzu ara mufunga igihe kingana n’u mwaka.

Bamwe mu basirikare bagiye babana na Gasita , babwiye Minembwe.com ko “hari igihe yabyukaga akicyara ku ntebe mu mbarazani zi nzu agasoma igitabo bukira adafashe ifunguro.

Bakimara kuva muri iri shyamba, ni bwo Gen Masunzu yamufunze, ariko ntiyamusobanurira icya mufungiye, nk’uko bivugwa, ibya natumye afande Gasita yanga kuva muri casho yari afungiyemo mu Minembwe.

Ubuhamya twahawe buvuga ko “nyuma y’aho Gasita yari amaze amezi atandatu afunzwe, Masunzu yamutumyeho kuva muri iyo casho, ngo kuko igihano kirangiye,” nawe yanga kuyivamo, avuga ko “atayivamo atazi icyo yazize.” Gusa ubwo ingabo zari ziyobowe na Masunzu zivanzwe n’iza Leta ya Kinshasa yari iyobowe na perezida Joseph Kabila Kabange, yavuye muri iyo casho yari amazemo umwaka.

Nyuma yigihe, yaje gutumwa mu gace kamwe ko mu Ntara ya Ituri, karimo intambara yari ikomeye y’amoko; ahageze yahagaritse abayobozi b’ibanze uhereye kuri administrateur wo muri iyi teritware ya Yumbi, iwe ubwiwe afata izo nshingano.

Ikindi yakoze n’uko yashizeho abayobozi bashya, maze yiyegereze urubyiruko rw’amoko yombi yarashamiranye, bityo intambara muri aka karere irahagarara, ndetse byanatumye ubutegetsi bwa Joseph Kabila butamuvana muri ako gace vuba, kuko yahamaze igihe kibarirwa mu myaka irenga itatu. Icyegeranyo cya LONI cyo mu mwaka w’ 2018, kivuga ko i Yumbi, intambara ya moko yahitanye ubuzima bw’abantu babarirwa 535. Ariko Gasita ahageze hataha amahoro n’umutekano mwiza.

Yaje kuvanwa i Yumbi, yoherezwa i Kinshasa aho yari disipo(dispos), nk’uko babyita.

Rero, Tshisekedi yamahuye inshingano zo kunganira ukuriye iperereza mu gisirikare kigizwe na région ya 33 muri Kivu y’Amajy’epfo. Mu gice cyahawe kuyoborwa na Lt Gen Pacifique Masunzu.

Tags: Brig Gen GasitaIshyambaMasunzu
Share81Tweet51Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails

RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo

RDC mu Kaga, Ibyiringiro byo Kugera mu Gikombe cy’Isi biri mu Rujijo Inkuru ivugwa mu ruhando rw’umupira w’amaguru ku Isi irerekana ko Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DR-Congo)...

Read moreDetails
Next Post
Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

Uganda yagize icyo ivuga ku bikunzwe gutangazwa na Gen Kainarugaba Muhoozi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?