• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Abdourahamane Tchiani kurubu niwe Perezida w’igihugu ca Niger.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

General Abdourahamane Tchiani kurubu niwe Perezida w’igihugu ca Niger.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Nyuma yuko bakubise Coup d’état Mohamed Bazoum muri Niger, nigikorwa cyabaye tariki 26.7.2023. Bwana Gen Abdourahamane Tchiani benshi bita Omar Tchiani muriri joro ryaraye rikeye nibwo yatangaje ko ariwe uramutswa igihugu ca Niger.

Gen Tchiani numugabo w’imyaka 62, yamaze imyaka 12 ariwe uyoboye abasirikare barindaga Umukuru w’igihugu (Garde Présidentielle). Nimugihe yashizweho na Prezida Mahamadou Issoufou mumwaka wa 2011, bamaranye imyaka 10 ariwe murinzi mukuru.

Perezida Mohamed Bazoum yaje kungoma mumwaka wa 2021, Tchiani yakomeje kuyobora aba basirikare barinda, Perezida Mohamed Bazoum yateguye gukura General Tchiani tariki 26.7.2023, Tchiani aramwigaranzura tariki 27.7.2023 aba ariwe utsimbura uwari Perezida w’igihugu ca Niger.

Gusa ibihugu byinshi n’amashirahamwe Mpuzamahanga bamaganye uko guhirika Ubutegetsi bwa Prezida Bazoum, hari n’imyigaragambyo yabaye kubari bashigikiye Perezida wakubiswe Coup d’état.

Abakuru b’ibihugu nabo bari mubamaganye iri ihirika Ubutegetsi, barimo Perezida Evariste Ndayishimiye ni umwe mu bakuru b’ibihugu ba mbere bamaganye iki gikorwa.

Yabyanditse akoresheje urubuga rwa Twitter aho yari mu Burusiya mu nama yahuje ibihugu by’Afrika n’a Perezida Vradimir Putin. Ninama yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu 17 gusa mu gihe iyaheruka yarimwo aba Perezida ba Afrika bagera kuri 43.

Mumakuru avugwa nuko igihugu c’u Burusiya kiri nyuma y’ama “coups d’État” akomeje kwaduka kuri uyu mugabane wirabura. Niger ije yiyongera ku bihugu bya Mali, Burkina Faso, Guinée aho abasirikare bagiye bahirika ubutegetsi bwatowe n’abanyagihugu muri iyi myaka itatu ishize dore ko hiyongereye n’a Tchad na Soudan naho abasirikare bihaye ubutegetsi ku nguvu.

Colonel Assimi Goita ayoboye Mali na Capitaine Ibrahim Traoré Burkina Faso ari nomubitabiriye inama mu Burusiya, ikibabaje bicaranye n’abakuru b’ibihugu barimwo abamwiyamye bikomeye ubwo yahirikaga Ubutegetsi.

Ibi byo guhirika ubutegetsi muri Afrika bishobora gufata intera mu gihe ababikora batazagerwaho ningaruka zabyo.

Gen Abdourahamane Tchiani abaye Umukuru w’Igihugu wa Niger ugira uwa 11 kuva iki gihugu cabona Ubwigenge kandi abaye umusirikare wa gatanu ugeze k’ubutegetsi muri Niger binyuze muri “Coup d’Etat”.

Tags: Coup d'ÉtatGen Tchianiniwe Perezida w'igihugu ca Niger
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

US sanctions Mohamed Yusuf ISIS extremist group financier.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?