• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen André Ohenzo Hamwe Na Ba Chefs Ba Minembwe Basuye Mumikenke Aheruka Kunyagigwa Inka.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Brigadier General, André Ohenzo, uyoboye 12ème Brigade yo mungabo za Republika iharanira democrasi ya Congo zikorera muri Minembwe yasuye abaturage ba Mikenke.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Akarere ka Mikenke, kari muri Territory ya Mwenga, muri Kivu yamajyepho, Gen André Ohenzo yahasuye arikimwe naba Chefs ba Minembwe Semahoro Karaha na Bikino.

Akarere ka Mikenke haheruka kunyagigwa Inka zabo mubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), Inka zirenga 30, iz’Inka zikaba zaranyagiwe nohafi yi Camp y’igisirikare ca FARDC.

Mwijambo rya Gen André Ohenzo, yabwiye abaturage yagize ati : ” ” Nzanwe no kumenya aho Inka zanyagiwe, birababaje kubona Inka zinyagwa haringabo za FARDC, cane iziherukakunyarwa wamunsi hapfa umuntu, Ohenzo ati ninsanga ari 1km naho ingabo za FARDC zikorera umusirikare uyoboye izingabo arafungwa ariwe Col John.”

Mumakuru dukesha abaturage baka gace nuko aho inka zanyagiwe kirometre imwe (1Km), bavuga ko kitageze, uwatanze ayamakuru yahamije ko, “Izonka zanyagiwe muntambwe zike naho Ingabo za Fardc zikambitse.”

Mubindi byazanye Gen André Ohenzo, yaje guhuza abaturiye Mikenke (Ababembe, Abanyindu, Abanyamulenge na b’Apfurero), kugira amahoro asagambe muraka gace nokugira habe kurwanya Inyeshamba zomumutwe wa Maimai, iz’inyeshyamba zishinjwa ibikorwa bibi byorugomo byokwica no kunyaga Inka zab’Atutsi.

Mubyo Gen André Ohenzo, yasezeranije Abaturage b’imisozi miremire akimara kuhagera yababwiye ko azakora ibishoboka byose akagarura amahoro Imulenge. Aka karere karikagize iminsi ibarigwa mumyaka irindwi(7), harimo intambara hagati ya Maimai Bishambuke kubufasha bw’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC), nabaturage b’Irwanaho.

Ikindi nuko Ohenzo yageze muri Minembwe, harintambara hagati ya basirikare ba FARDC nabaturage b’Irwanaho, intambara yabahuje kuminsi makumyabiri nicenda zukwezi kwacumi nabiri umwaka wa 2022.

Uyumusirikare amaze kugera mumisozi miremire yahosheje umwuka mubi warumaze iminsi, urihagati ya basirikare ba leta ya Congo nabaturage b’Irwanaho.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

80 Million USD For The Development of eight territories of South KIVU Province in DRcongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?