• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen André Oketi, Uyuboye 12ème Brigade Mu Minembwe, Yasezeranije Abavuye Mubyabo Kubisubiramo Vuba.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Brigadier General André Oketi Ohenzo, yasezeranije Abaturage ba Minembwe ko agiye gucura abantu mubice bagiye bavamo mu Misozi miremire y’Imulenge.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 28.05.2023, saa 7:10,pm kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umusirikare uyoboye 12ème brigade, ifite icicaro Muminembwe mumuhana wa Runundu, Gen André Oketi Ohenzo, kuruyu wamungu (Kucumweru), yasengeye mwitorero rya Méthodiste Libre ku Kiziba kwa Surtandant Bitetebe Rusingizwa. Ubwo yahabwaga ijambo yasezeranije Abaturage bagiye bava mubyabo ko agiye gukora ibishoboka byose maze bagasubira mubyabo.

Yagize ati : “Abakuwe mubyabo, koturakora ibishoboka byose, kugira ngo basubire mubyabo.”

André Ohenzo, yakomeje akangurira aba Krisitu gusenga kugira ngw’Imana itange amahoro mumisozi miremire y’Imulenge kandi avuga ko imbunda itazana amahoro arambye ahubwoko amahoro nyakuri atangwa n’Imana.

Ubwo Gen André Oketi, yagera ga mu Minembwe bwambere mukwezi kwa 02.2023, yabwiye abanya -Minembwe ko abazaniye amahoro, nimugihe bari bamaze imyaka igera kuri irindwi (7), bari mubihe by’intambara bashoweho n’a Mai Mai Bishambuke, murico gihe Mai Mai byavugwagako ihabwa ubufasha n’ingabo za leta ya Republika ya Democrasi ya Congo. Harabasirikare bakuru bashinjwe gufasha iyi Mai Mai Bishambuke, harimo Col Katembo na Générale Muhima Dieudonne nabandi.

Ikindi Gen André Oketi, yabashe kubwira abanyakiziba uyumunsi Kucyumweru, yabasabye ko batagomba kumuba kure ngo bunve ko umusirikare atandukanye nabasivile ababwirako nabo arabantu nkabo.

Yagize ati : “Natwe turi abantu , tu taraba abasirikare twari abasivile kandi nitwava mugisirikare tuzaba kimwe nabandi basaza. Aka nakazi turimo ariko igihe nikigera tuzakavamo kazemo abandi.”

Yakomeje avuga ko ashaka Ubusabane bw’iza nabaturage ba Minembwe abasezeranya ko azakomeza kwigisha ingabo ze kubana nabaturage neza nokurinda umutekano wabaturage nkishingano zabo zaburimunsi.

Gusa ibi abivuze mugihe Abaturage b’Irwanaho bari bagize igihe bari muriki gikorwa cyogucura abaturage bavuye mubyabo bagasubira mubyabo hariho nkabaturage ba Kalingi, ubu bamaze kugera mubice bya Ruminuko, Dilolo aho bakunze kwita Mubategetwa ndetse no Kuwakagano nahandi.

Mugihe Abaturage bo Muchohagati Chaza Rwerera bo baheruka ga guhura bakora inama igamije kugaruka bakubaka Igihugu cyabo.

Aho bamwe batangiye gutaha bava Indondo ya Bijombo, bikemezwa ko ingo zigera kuri 5 zamaze kugera mu Mikenke ayamakuru akaba yaratanzwe kuri Minembwe Capital News, byanavuzwe ko izingo 5 zaherekejwe nabasirikare ba FARDC bafatanije na Barundi (FDNB).

Tags: General AndréGucura ImpunziKizibaMinembwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Mugiterane Cya Pentecôte Cyahuje Amatorero Ane Ya Nakivale Ho Muri Uganda, Hatanzwe Ubuhamya Bwuwarokotse Yafashwe N'a Maï Maï.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?