• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na RDC.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in Regional Politics
0
Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na RDC.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen Kainarugaba yagize icyo avuga ku guhuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yavuze ko ateganya kuja i Kinshasa kuganiriza perezida Félix Tshisekedi, kugira ngo baganire ku bibazo afitanye n’u Rwanda, hagamijwe gushakwa amahoro.

Ni amakuru Gen Kainarugaba Muhoozi yashyize hanze akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter, aho yatangaje ko perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari umunyamahoro kandi yifuza ineza kuri bose harimo n’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yavuze ko agiye kujya muri RDC gusura perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, akamusaba amahoro.

Yagize ati: “Perezida w’u Rwanda ni umurwa neza, akunda amahoro. Nzi neza ko yifuza ineza kuri bose no muri RDC. Ngiye gusura umuvandimwe wanjye mukuru perezida Félix Tshisekedi, maze musabe ko abana amahoro na Kagame perezida w’u Rwanda.”

Ni ubutumwa bwana Muhoozi yatanze nyuma yuko ibiganiro byari guhuza Kagame na Tshisekedi i Luanda muri Angola byasubitswe kubera Kinshasa yari yahinduye ibyo yari yaremeye.

Si byo gusa Muhoozi yatangaje, kuko yavuze kandi ko mu mwaka w’ 2025 azagaba ibitero ku bacanshuro b’Abazungu bakorera mu Burasirazuba bwa RDC. Aba bacanshuro b’Abazungu bifatanya n’ingabo za RDC mu kurwanya umutwe wa M23.

Hagati aho M23 ikomeje gufata ibice byinshi byo muri Kivu Yaruguru, cyane cyane muri teritware ya Lubero.

Ku Cyumweru no ku wa mbere, uyu mutwe wigaruriye uduce twinshi turimo imijyi ibiri minini, uwa Alimbongo na Matembe.

Tags: amahoroKagameMuhoozi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC ubwato bwari butwaye abantu benshi bwarohamye.

Muri RDC ubwato bwari butwaye abantu benshi bwarohamye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?