• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Gen. Makanaki wa Wazalendo mu Bihe Bikomeye, Ari Hagati y’Ubuzima n’Urupfu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 7, 2026
in Conflict & Security
0
Gen. Makanaki wa Wazalendo mu Bihe Bikomeye, Ari Hagati y’Ubuzima n’Urupfu
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen. Makanaki wa Wazalendo mu Bihe Bikomeye, Ari Hagati y’Ubuzima n’Urupfu

You might also like

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko General Kasimbira Makanaki John, umwe mu bayobozi bakomeye b’umutwe wa Wazalendo, ari mu bihe bikomeye by’ubuzima, aho bivugwa ko ashobora kwitaba Imana isaha iyo ari yo yose.

Aya makuru agaragaza ko Gen. Makanaki yakomerekeye bikomeye mu mirwano iherutse kubera i Makobola, muri iyo teritwari ya Fizi. Nk’uko ababizi babitangaza, yakomeretse mu gice cyo munda, ndetse akanakomereka no ku kuguru, bikavugwa ko ari ibikomere bikomeye byashyize ubuzima bwe mu kaga.

Iyo mirwano yabaye mu mpera z’icyumweru gishize, ikaba yararangiye umutwe wa AFC/M23 wigaruriye agace ka Makobola n’inkengero zako, ibintu byahinduye isura y’umutekano muri ako gace ka Kivu y’Amajyepfo.

Kugeza ubu, amakuru ahari avuga ko Gen. Makanaki ari kuvurirwa mu bitaro bya Baraka, nubwo hari andi makuru aturuka mu bayobozi bo muri ako gace avuga ko ashobora kuba yarajyanywe i Bujumbura kugira ngo ahabwe ubuvuzi bwisumbuyeho.

Ibi byamenyekanye mu gihe mu ntangiriro z’iki cyumweru hari amakuru yari yakwiriye ku mbuga zitandukanye avuga ko yaba yarapfuye. Icyakora, byaje kwemezwa ko atarapfa, ahubwo ko arembye cyane.

Iki kibazo cy’ubuzima bwa Gen. Makanaki gikomeje gukurikirwa n’abantu benshi, by’umwihariko abakurikirana bya hafi ibibera mu rwego rw’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho intambara n’imitwe yitwaje intwaro bikomeje gusiga ingaruka zikomeye ku bayobozi no ku baturage muri rusange.

Tags: Hagati y'ubuzimaMakanakiN'urupfu
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be Ku wa Kane tariki ya 08/01/2026, Marie-Ange Mushobekwa, wahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu ndetse akaba...

Read moreDetails

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Frank Diongo, yanenze bikomeye raporo iherutse gushyirwa...

Read moreDetails

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe by’agateganyo Umuyobozi wa Serivisi...

Read moreDetails

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa Urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu wa Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), rwateje agahinda...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko yifuza ko ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanye-Congo mu Rwanda Zigaragambirije Kuri za Ambasade, Zamagana Ibibera muri RDC

Impunzi z’Abanye-Congo mu Rwanda Zigaragambirije Kuri za Ambasade, Zamagana Ibibera muri RDC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?