Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

General Angel Kazonga, aravugwaho guhasha Amabandi mu Ntara ya Kwilu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 21, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’intambara hagati ya Polisi na Mabandi mu mujyi wa Bandundu hagarutse Amahoro.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 21/08/2023, saa 5:21Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mu mujyi wa Bandundu mu Ntara ya Kwilu, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, haravugwa umutekano mwiza ni nyuma yuko Polisi yarwanyije amabandi ikoresheje imbunda. Guhangana hagati ya Polisi na Mabandi bikaba byaratangiye kubaho mu minsi yavuba nubu birakomeje.

N’igikorwa cyari gishigikiwe na Guverineri w’Intara ya Kwilu ndetse na Guverinoma ya Kinshasa. Mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira nuko Amabandi arenga i Cyumi yamaze gutwabwa muriyombi, kurubu bafungiwe kuri Station ya Polisi mu mujyi wa Bandundu.

Aho binemezwa na Polisi ko no kuruyu wa Gatandatu, umu Bandi witwa Erick yafashwe nabaturage mwijoro nyuma yaho aza gushikirizwa Polisi.

Iki gikorwa kikaba kije gushimangira imikoranire myiza irihagati ya polisi na baturage baturiye umujyi wa Bandundu, gusa bikemezwa ko ibi byokurwanya Amabandi byatangiye igihe mu Ntara ya Kwilu bahatumye General Angel Kazongo.

Uyu mu Gen nawe ubwe avugana n’itangaza makuru yavuze ko ayo Mabandi yaramaze kwangiriza ibintu byinshi byabaturage ndetse yongeraho ko Polisi imaze gushiraho imbaraga muguhasha ibyo byihebe bya Mabandi biyobowe na FERRE.

Nanone uyu muyobozi wa polisi yakomeje avugako ayo Mabandi y’ibumbiye kwizina rya Kuluna, bagiye kumara imbaraga zabo burundu!

Ati: “Kubufatanye bwa polisi na baturage tumaze gufata benshi kandi abenshi bamaze gukatirwa nu butabera kugirango baryozwe ibyo bangirije! Umuyobozi w’Amabandi witwa Ferre, nawe azafatwa vuba.”

Gen Kazonga, yanatangarije itangaza makuru ko igihe haba ga imyuzure ivuye kuruzi runini ruhuza Intara ya Kwilu n’izindi Ntara, nka Kasai, na Kwango ko murico gihe ayo Mabandi yasahuye ibintu byinshi bya baturage ahanini mu mujyi wa Bandundu.

Tags: AmabandiGeneral Angel KazongaIntara ya Kwilu
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

I Panzi umwana w'umukobwa w'imyaka 17 yatwitswe na bagizi banabi arapfa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?