Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 5, 2025
in Religion
0
George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

George Ruberwa, umusore w’Umunyamulenge umaze ku menyekana mu by’iyoboka Mana, aho arikora akoresheje mu kwandika ibitabo by’ivugabutumwa, yongeye kwandika icyakabiri, nyuma y’ikindi yashyize hanze mu mpera z’u mwaka ushize.

Igitabo cya mbere George yanditse yagisohoye umwaka ushize mu mpera zawo, ahanini gikubiyemo inshamake y’ibitabo 66 bigize Isezerano rya kera n’Irishya bya Bibiriya. Yagiye akora ku ntego yaburi gitabo ndetse kandi akavuga n’amasura akigize.

Uyu musore uvuka mu karere ka Bijombo muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi itatu ishize yanditse ikindi gitabo kigira kabiri.

Ni igitabo yahaye izina: “Bibiriya Isooko y’ibyiringiro.” Ugisomye usanga kirimo ubusobanuro bwimbitse kuri buri gitabo cyo muri Bibiriya. Uherereye mu gitabo cy’Itangiriro ukageza mu Byahishuwe, igitabo kivuga imperuka y’isi.

Ndetse kandi usanga yaragiye atanga ubusobanuro kuri buri verset zigize isura z’ibi bitabo bya Bibiriya.

Ibindi by’ingenzi usanga muri iki gitabo cyanditswe na George Ruberwa ni uko yagiye agaragaza amatariki biriya bitabo byo muri bibiriya byandikiweho. Si byo gusa kuko yavuze no hejuru y’inyigisho z’Ubuntu, n’amateka y’amatorero ndetse kandi kikavuga no kugaruka kwa kabiri kwa Yesu hano ku Isi.

Uyu George Ruberwa wanditse iki gitabo, afite impamyabumenyi zibiri za kaminuza, iyo muri Agronomie n’iyo muri Thèologie.

George, mu gusoza iki gitabo, yavuze ku ngoma y’imyaka igihumbi Yesu azima, maze arangiriza ku ntambara ya Hermegidoni n’iya Gogi na Magogi. Iz’i akaba ari intambara zizaherukira izindi mu Isi.

Tags: BibiriyaGeorge RuberwaIgitabo
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

Uyu munsi ihuriro ry'Ingabo za Congo, ryakubiswe ahababaza muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?