• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Religion
0
George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

George, yanditse ikindi gitabo, menya ibyimbitse kuri cyo.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

George Ruberwa, umusore w’Umunyamulenge umaze ku menyekana mu by’iyoboka Mana, aho arikora akoresheje mu kwandika ibitabo by’ivugabutumwa, yongeye kwandika icyakabiri, nyuma y’ikindi yashyize hanze mu mpera z’u mwaka ushize.

Igitabo cya mbere George yanditse yagisohoye umwaka ushize mu mpera zawo, ahanini gikubiyemo inshamake y’ibitabo 66 bigize Isezerano rya kera n’Irishya bya Bibiriya. Yagiye akora ku ntego yaburi gitabo ndetse kandi akavuga n’amasura akigize.

Uyu musore uvuka mu karere ka Bijombo muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu minsi itatu ishize yanditse ikindi gitabo kigira kabiri.

Ni igitabo yahaye izina: “Bibiriya Isooko y’ibyiringiro.” Ugisomye usanga kirimo ubusobanuro bwimbitse kuri buri gitabo cyo muri Bibiriya. Uherereye mu gitabo cy’Itangiriro ukageza mu Byahishuwe, igitabo kivuga imperuka y’isi.

Ndetse kandi usanga yaragiye atanga ubusobanuro kuri buri verset zigize isura z’ibi bitabo bya Bibiriya.

Ibindi by’ingenzi usanga muri iki gitabo cyanditswe na George Ruberwa ni uko yagiye agaragaza amatariki biriya bitabo byo muri bibiriya byandikiweho. Si byo gusa kuko yavuze no hejuru y’inyigisho z’Ubuntu, n’amateka y’amatorero ndetse kandi kikavuga no kugaruka kwa kabiri kwa Yesu hano ku Isi.

Uyu George Ruberwa wanditse iki gitabo, afite impamyabumenyi zibiri za kaminuza, iyo muri Agronomie n’iyo muri Thèologie.

George, mu gusoza iki gitabo, yavuze ku ngoma y’imyaka igihumbi Yesu azima, maze arangiriza ku ntambara ya Hermegidoni n’iya Gogi na Magogi. Iz’i akaba ari intambara zizaherukira izindi mu Isi.

Tags: BibiriyaGeorge RuberwaIgitabo
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.

Uyu munsi ihuriro ry'Ingabo za Congo, ryakubiswe ahababaza muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?