Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gira ibyo umenya ku gitero u Bubiligi bushinja igisirikare cya Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 22, 2025
in World News
0
Gira ibyo umenya ku gitero u Bubiligi bushinja igisirikare cya Israel.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gira ibyo umenya ku gitero u Bubiligi bushinja igisirikare cya Israel.

You might also like

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

U Bubiligi binyuze kuri minisitiri wabwo w’ubanye n’amahanga, Maxime Prevot, yamaganye igitero igisirikare cya Israel cyagabye ku badipolomate barimo n’Uw’u-Bibiligi.

Minisitiri Maxime yatangaje ibi akoresheje urubuga rwa x, aho yavuze ko yatunguwe no kumva ko igisirikare cya Israel cyarashe ku badipolomate 20 barimo n’Uw’u-Bibiligi.

Nk’uko yabisobanuye yavuze ko aba badipolomate bari muruzinduko i Jenin, anavuga ko mbere yuko barukora babanjye kubimenyesha igisirikare cya Israel, ndetse ngo Imodoka barimo byari byoroshye kuzimenya.

Maxime akavuga ko kubera icyo gikorwa igisirikare cya Israel cyakoze, kigomba kugitangaho ibisobanuro bifatika.

Abadipolomate batewe barimo abahagarariye u Bwongereza, u Bufaransa, u Buholande, Noruveji, u Butaliyani, u Bubiligi na Canada bari kumwe kandi na bamwe mu bahagarariye ibihugu by’abarabu.

Nyamara nubwo u Bubiligi bushinja igisirikare cya Israel icyo gitero, ariko ntacyo iki gisirikare kirabivugaho.

Aya makuru anagaragaza ko iriya nkambi abadipolomate b’ibihugu by’u Burayi basuye ya Jenin, iherereye mu gace ka West Bank gatuwemo n’Abanya-Palestine, kakaba gahora mu myivumbagatanyo y’ibitero by’ingabo za Israel.

Tags: AbadipolomateIsraelU Bubiligi
Share27Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

by Bruce Bahanda
May 17, 2025
0
Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump.

Uwayoboye FBI hasobanuwe uburyo yashatse kwica perezida Trump. James Comey wayoboye urwego rw'iperereza muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika (FBI) yatangiye gukorerwaho iperereza n'urwego rurinda umukuru w'igihugu, hari nyuma...

Read moreDetails

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

by Bruce Bahanda
May 16, 2025
0
Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye.

Putin yakoze igikorwa cyarakaje kubi Zelensky uwo bahanganye. Perezida w'u Burusiya, Vradimir Putin yanze kwitabira ibiganiro by'imishikirano byamuhuzaga na mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, abyoherezamo intumwa ze;...

Read moreDetails

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

by Bruce Bahanda
May 15, 2025
0
Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye.

Ubayeho perezida ariko aba umukene kurusha abandi yapfuye. Jose Mujica wigeze kuyobora igihugu cya Uruguay yitabye Imana ku myaka 89 y'amavuko, bivugwa ko yazize indwara ya kanseri y'umuhogo...

Read moreDetails

Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Abatuye mu gace ka Lice bisanze ‘basinze’ bose hamenyekana n’icyabiteye.

Abatuye mu gace ka Lice bisanze 'basinze'bose hamenyekana n'icyabiteye. Abaturage basaga 25,000 bo mu gace ka Lice gaherereye mu ntara ya Diyarbakir mu gihugu cya Turkey, bisanze basinze...

Read moreDetails

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

by Bruce Bahanda
May 14, 2025
0
Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye.

Joe Biden wayoboye Amerika yasanzwemo indwara ikomeye. Joe Biden wahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika yasanzwemo ikibyimba muri prostate. Ni amakuru yashyizwe hanze n'umuvugizi wa Biden...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?