• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gufatwa kwa Mushaki, byavugishije abanya politike benshi ba RDC Noel Tshiani we yasezeranije abanyekongo, gufata Kigali.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyekongo uvuka mu Ntara ya Kansai akaba asanzwe ari umunya politike, Noël Tshian, yasezeranije abanyekongo ko we n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, FARDC bakwinjira i Kigali mugihe bo mutorera kuba perezida wa RDC.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Yagize ati: “Ndabyemeza neza ko mu masaha 48 mu gihe u Rwanda rwaba rwanze kuvana Ingabo zabo k’u butaka bwa RDC, mwaja ku byuka igitondo kimwe mu gasanga Ingabo za FARDC zageze muri Kigali i ndani.”

Ibi abivuze mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bu babajwe n’uko u Mujyi wa Mushaki, uherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, wamaze kuva mu maboko y’Ingabo za RDC, kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023. N’inyuma y’imirwano yarimaze iminsi itatu ihuza ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Congo, arizo FDLR, Wagner, FARDC n’ingabo z’u Burundi na Wazalendo zatsinzwe n’Ingabo z’u mutwe wa ARC/M23 maze uriya mutwe wigarurira Mushaki n’inkengero zoyo zose.

Gufatwa Kwa Mushaki kwa vugishije benshi muri Congo Kinshasa, ni mugihe n’u muvugizi wa FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yavuze ko umutwe wa M23 wafashe Mushaki ba banjye kuyiraramo rw’ihishwa.

Ati: “Bayifashe bari bayirayemo rwihishwa kuva mw’ijoro ry’ejo. Nibande barwanye muri Mushaki bayirwanye mubice byinshi muri Tuonane-Mushaki na Kingi-Mushaki?”

Yakomeje avuga ati: “Tugiye gukora uburyo bwose turwanye umwanzi Kandi tuzamutsinda byanga byakunda.”

Minisitiri w’Ingabo muri RDC we Jean Pierre Bemba Gombo, yabuze amahitamo maze ashimira Ingabo za FARDC.

Ati: “Ndashimira Ingabo zacu za Republika ya Demokarasi ya Congo, k’uburyo bakomeje ubwitange bwo kurwanirira i Gihugu cyacu ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kandi mu menye ko tu tarwana na M23 hubwo turi kurwana n’Ingabo z’u Rwanda.”

Nyuma yiriya mirwano yo ku wa Kane, Ingabo za ARC/M23, zahise zikomeza zija gufunga amarembo yose yaturukamo umwanzi nka Matanda , Bihambwe abandi bakomereza za Karuba . Imirwano ikaba ikomeje gusatira i gana muri Sake.

Bruce Bahanda.

Tags: Gufatwa Kwa Mushaki byavugishije abanya politike benshi ba RDCNoel Tshiani we yasezeranije abanyekongo gufata Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post

Inyeshamba za Maï Maï, Red Tabara na FDLR ku bufasha bw'Ingabo za RDC, bongeye kugaba ibitero mu nkengero za Komine Minembwe, muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?