• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Guhohotera Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
October 12, 2024
in Uncategorized
0
Guhohotera Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y’Amajy’epfo.
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera Abanyamulenge bikomeje gufata indi ntera muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Umusore witwa Semahoro wo mu bice bya Gahwera ho muri Komine ya Minembwe mu misozi miremire y’Imulenge ingabo za FARDC za mufunze zimuziza uko yaremwe, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni mu masaha yo ku gicamunsi cy’ejo hashize itariki ya 11/10/2024 nibwo uyu musore yafashwe arafungwa. Aya makuru avuga ko umusirikare mukuru ureba ingabo za FARDC mu Minembwe niwe watagetse ingabo ze ko zita muri yombi uriya musore.

Mu busanzwe Semahoro wo mu bice bya Gahwera asanzwe akorera muri centre rwagati ya Minembwe aho akoraga akazi ko kohereza amafaranga no kuyakira, ibizwi nka Transfer money. Akoresha umurongo wa Airtel Money, M-PESA na Orange ya Congo.

Usibye n’icyo Semahoro akora no kuri agence y’indege ziva mu Minembwe zija Goma na Bukavu (Minembwe Express).

Bavuga ko ubwo izo ngabo za FARDC zaje gufata uyu musore za mu bwiraga ko ari we uzunyuzwaho amafaranga yo herezwa muri Twirwaneho avuye mu bindi bice, ndetse kandi ngo barimo mukangishaga ko Abanyamulenge ari abanzi b’ibihugu, bityo ko nawe ari umwanzi w’igihugu.

Ariko nk’uko abaturanyi be babisobanuriye ubwanditsi bwa MCN n’uko uyu musore yazize amafaranga yari aheruka kunyuzwaho y’Abalimu bigisha ku ishuri ribanza rya Madegu n’ubwo ibyo ingabo za FARDC zitabikozwa.

Nyuma yaje kujanwa gufungirwa kuri brigade y’ingabo za FARDC iherereye Madegu centre. Kugeza amasaha mu ijoro ryaraye rikeye niho yari agifungiwe nk’uko Minembwe Capital News yabwiwe.

Mu bihe bitandukanye Abanyamulenge, ahanini urubyiruko bagiye bahohotererwa mu buzi baba bakoramo, bagafungwa benshi muri abo bagiye boherezwa gufungirwa i Bukavu cyangwa i Kinshasa. Cyane cyane iyo bahohotewe n’inzego zishinzwe umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uwo ziba zishaka kugirira nabi zivuga ko akorana na Twirwaneho cyangwa M23.

Gusa ibyo bibaye mu gihe muri ibi bice bya Minembwe hari umutekano nyuma y’intambara za Maï Maï zari zarayogoje aka karere.

           MCN.
Tags: FardcguhohoteraKivu y'Amajy'epfoMinembwe
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Luanda muri Angola.

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Luanda muri Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?