• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.
106
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Abasore ba Banyamulenge b’impunzi mu Burundi bafunzwe n’igipolisi cyo muri iki gihugu, bashinjwa kuba basanze bari gutegera amakuru bumvaga muri adio, avuga ku ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho ingabo z’iki gihugu zoherejwe gufasha ingabo za Congo kurwanya umutwe wa M23 ukomeje gutsinda cyane iz’i ngabo zaje ku w’u rwanya.

Ni amakuru Minembwe.com ikesha ababonye aho aba basore bafatiwe, ariko ku bw’umutekano banga ko umwirondoro wabo uja hanze.

Aya makuru akubiye mu nyandiko baduhaye agaragaza ko bariya Banyamulenge b’impunzi bafunzwe n’igipolisi cy’u Burundi, bari bacyumbikiwe mu nkambi ya Kavumu iri mu Ntara ya Cankuzo.

Muri iz’i nyandiko bavuga ko hafunzwe uwitwa Nkiriho, Danny Ndahigima na Mutabazi Ntambara.

Nk’uko babisobanuye bavuze ko “polisi yabafashe ahar’ejo tariki ya 16/02/2025, ibajana kuri sitasiyo yayo ishinzwe i kambi ya Kavumu. Barangije ibashyikiriza OPG w’iki gipolisi wo kuri iriya sitasiyo.

Bakomeza bavuga ko kuri uyu wa mbere ni bwo bariya basore bahawe igipolisi gikora muri Documentation y’i Ntara ya Cankuzo, kandi ko ari cyo cyaje kubijanira.

Bugira buti: “Bafashwe ku Cyumweru nyuma ya saa sita zamanywa, barimo gutegera amakuru yari muri adio. Hanyuma mu gitondo cya none, polisi ushinzwe iperereza w’ikambi ya Kavumu warimo ababaza, documentation ya Cankuzo yahise imuhamagara imutegeka kutabarekura, ubwo yahise yohereza abakozi bayo barabajana. Ariko babajanye nabi cyane.”

Twabwiwe kandi ko kuva ubwo igipolisi gikora muri documantatio cyajanye bariya basore b’impunzi, ntayandi makuru yabo arongera kumenyekana.

Bibaye mu gihe itangaza makuru n’abaharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, bavuga ko ibikorwa byo gufata Abanyamulenge byabereye mu Buterere na Cibitoki, kandi ko bafatwa bagashyirwa mu bikamyo bya Polisi, ndetse hibazwa aho abafatwa barimo bajanwa.

Ibi ntacyo abategetsi b’u Burundi barabivugaho.
Umunyamategeko Moïse Nyarugabo akaba n’uwo mubwoko bw’Abanyamulenge, mu butumwa aheruka kwandikira perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yamusabye ko muri iki gihugu haba kubahiriza uburenganzira bw’impunzi z’Abanye-kongo b’Abanyamulenge, nyuma y’ibikorwa byo kubata muri yombi bikomeje kwiyongera.

Muri iki gihugu hakomeje kwiyongera ibyo guhohotera abantu ndetse hakiyongeraho n’imbwirwaruhame ziteye impungenge za bamwe mu bayobozi bakuru b’iki gihugu

Tags: AbanyamulengeAbasoreBurundiguhohoteraKavumu
Share42Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

Hamenyekanye amafaranga Tshisekedi yahaye Ndayishimiye kugira ngo yohereze abasirikare be muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?