• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

You might also like

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuba Umututsi bikomeje gufatwa nk’icyaha, ni mu gihe Colonel Aaron Nyamushebwa wari umwe mu basirikare barwaniriye iki gihugu na we yafunzwe, nyuma y’abandi benshi basa na we nabo bafungiwe i Kinshasa, aho bose bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Aha’rejo tariki ya 08/08/2025, ni bwo amakuru y’ifungwa rya Col. Nyamushebwa yamenyekanye, nyuma y’uko yafashwe ku wa kane w’iki cyumweru .

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel wakoreraga mu bice byo muri Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashwe igihe cy’amanywa yo ku wa kane.

Bigeze andi manywa y’ahar’ejo ku wa gatanu ahita yoherezwa i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC.

Aya makuru akomeza avuga ko kuri ubu ari kubazwa muri DEMIAP(urwego rushyinzwe iperereza ry’igisirikare).

Umutangabuhamya dukesha iyi nkuru yatubwiye ko “gushyigikira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, bisa nko kubura amahitamo, ngo kuko Col.Nyamushebwa yari mu basirikare ba Banyamulenge bakoreye ubu butegetsi, ariko ko bitangaje kubona icyo bumwituye.”

Ati: “Muri Congo, kuba Umututsi byabaye nk’icyaha, biratangaje kubona Nyamushebwa wari umwizerwa kuri Tshisekedi ariko akaba amufunze. Nta kindi azira ni uko ari Umututsi.”

Abanyamulenge bari muri iki gisirikare cya RDC bamaze gufungwa bazira isura yabo ni benshi, barimo ba Colonel Ruterera, Major Rugaza, Nyenyeri n’abandi.

Aba bagiye bafatwa mu bihe bitandukanye, ariko igitangaje ntibagezwa imbere y’ubutabera ngo baburane ukuri kwibyo bashinjwa kumenyekane.

Ariko kandi abenshi muri aba mu gufatwa bitwa abagambanyi bigihugu, nyamara ugasanga aribo bakirwaniriraga.

Ku rundi ruhande, bivugwa ko na General Ndaywel yafunzwe. Uyu yahoze ayoboye urwego rwa DEMIAP, ariko kuri ubu yari umugaba mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka. Nta kindi ashinjwa usibye kuba umugambanyi, nk’uko aya akomeza abivuga.

Tags: DemiapFardcNyamushebwaYafunzwe
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
AFC/M23 Yafashe Agace k’Ingenzi muri Walikale

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi two muri Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryigaruriye...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byategetse ko Imirwano Ihagarara Burundu mu Burasirazuba bwa RDC Leta Zunze Ubumwe za Amerika hamwe n’ibihugu byinshi byo ku mugabane w’u Burayi byongeye gusaba...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails
Next Post
Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Ndayishimiye w'u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?