• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guhohotera abasirikare ba Banyamulenge muri RDC byongeye gufata indi ntera.

You might also like

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

Muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuba Umututsi bikomeje gufatwa nk’icyaha, ni mu gihe Colonel Aaron Nyamushebwa wari umwe mu basirikare barwaniriye iki gihugu na we yafunzwe, nyuma y’abandi benshi basa na we nabo bafungiwe i Kinshasa, aho bose bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Aha’rejo tariki ya 08/08/2025, ni bwo amakuru y’ifungwa rya Col. Nyamushebwa yamenyekanye, nyuma y’uko yafashwe ku wa kane w’iki cyumweru .

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News agaragaza ko uyu musirikare ufite ipeti rya Colonel wakoreraga mu bice byo muri Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashwe igihe cy’amanywa yo ku wa kane.

Bigeze andi manywa y’ahar’ejo ku wa gatanu ahita yoherezwa i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC.

Aya makuru akomeza avuga ko kuri ubu ari kubazwa muri DEMIAP(urwego rushyinzwe iperereza ry’igisirikare).

Umutangabuhamya dukesha iyi nkuru yatubwiye ko “gushyigikira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, bisa nko kubura amahitamo, ngo kuko Col.Nyamushebwa yari mu basirikare ba Banyamulenge bakoreye ubu butegetsi, ariko ko bitangaje kubona icyo bumwituye.”

Ati: “Muri Congo, kuba Umututsi byabaye nk’icyaha, biratangaje kubona Nyamushebwa wari umwizerwa kuri Tshisekedi ariko akaba amufunze. Nta kindi azira ni uko ari Umututsi.”

Abanyamulenge bari muri iki gisirikare cya RDC bamaze gufungwa bazira isura yabo ni benshi, barimo ba Colonel Ruterera, Major Rugaza, Nyenyeri n’abandi.

Aba bagiye bafatwa mu bihe bitandukanye, ariko igitangaje ntibagezwa imbere y’ubutabera ngo baburane ukuri kwibyo bashinjwa kumenyekane.

Ariko kandi abenshi muri aba mu gufatwa bitwa abagambanyi bigihugu, nyamara ugasanga aribo bakirwaniriraga.

Ku rundi ruhande, bivugwa ko na General Ndaywel yafunzwe. Uyu yahoze ayoboye urwego rwa DEMIAP, ariko kuri ubu yari umugaba mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka. Nta kindi ashinjwa usibye kuba umugambanyi, nk’uko aya akomeza abivuga.

Tags: DemiapFardcNyamushebwaYafunzwe
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira

AFC/M23 Nyuma ya Luvungi Yigaruriye Utundi duce, Yegera Umujyi wa Uvira Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwigaragaza nk’ufite imbaraga zidasanzwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho...

Read moreDetails

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y’i Mulenge

Kajugujugu ya FARDC Yaguye mu Kiyaga cya Tanganyika Nyuma yo Kurasirwa mu Misozi y'i Mulenge Kajugujugu y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yaguye mu Kiyaga cya...

Read moreDetails

Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imvururu mu Misozi y’i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati

Imvururu mu Misozi y'i Mulenge: Abasivili Banyazwe n’Ingabo z’u Burundi na FARDC mu Mikarati Amakuru aturuka mu misozi miremire y'i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aremeza ko...

Read moreDetails

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w’Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira

AFC/M23 Yigaruriye Umujyi w'Ingirakamaro muri Teritwari ya Uvira Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/12/2025, umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) urwanya ubutegetsi bwa Repubulika...

Read moreDetails

Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo

Imbunda Nini y’u Burundi Yashinzwe Mumparambo, Ibisasu Byayo Biri Gutegwa muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru mashya kandi yizewe aturuka mu gace ka Mumparambo, mu ntara ya Cibitoke mu gihugu...

Read moreDetails
Next Post
Ndayishimiye w’u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Ndayishimiye w'u Burundi yashimiye abasirikare be bemeye gupfira RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?