Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gushimuta Abantu Muri Fizi Homuri Kivu Yamajy’Epfo, Byongeye Gufata Indi Ntera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 31, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Teritware ya Fizi, haravugwa gushimuta abantu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 31.05.2023, saa 3:00pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Muri Teritware ya Fizi mugace ka ka Fulo, ho muri Kivu yamajy’Epfo mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, haravugwa ko abantu bari mugushimutwa.

Soseyete Sivile (Civil Society), yomurako gace yamaganye ico gikorwa kibi kigayitse nimugihe hari umugabo womugace ka Kafulo uheruka gushimutwa nabantu bitwaje imbunda.

Nk’uko amakuru aturuka muri ako gace avuga ko uyu mugabo ari mukigero c’imyaka 40, akaba yarashimuswe ku wa mbere, tariki ya 29.05.2023 ubwo yavaga i Kafulo yerekeje i Baraka, akaba yarashimuswe ahagana mumasaha yigitondo nkuko tubikesha Itangaza Makuru rya Kivutimes.

Akimara kuva iwe yaje kugwa mubantu bitwaje imbunda batameramenyekana kugeza magingo aya.

Bwana Destin Senga, President wa Soseyete Sivile womugace ka Kafulo, ubwo yaganiraga nitangaza makuru rya Kivutimes, yavuze ko uwashimuswe ko a uvuka mu Mutambara ho muri Teritware ya Fizi, akaba aragace gatuwemo nabomubwoko bwa Babembe.

Uyu uhagarariye Soseyete Sivile, yakomeje avuga ko iki gikorwa cakozwe kigayitse maze asaba inzego z’ishinzwe umutekano ko zakora inshingano zabo kugira ngo ibikorwa byurugomo bidakomeza kubaho kandi ko bogerageza uwashimuswe akava mu ntoki z’abamushimuse.

Yagize ati: “Ku wa mbere ahagana mu ma saa yasambiri za mu gitondo, umugabo wavaga i Kafulo, ubwo yamanukaga i Baraka anyuze ku musozi anyuze mu mugace ka Asanu, ageze ahantu, yambuka uruzi niko guhura n’abantu batatu bitwaje imbunda bamujyana mugihuru(ishamba), kandi kugeza ubu ntawe uzi niba ari muzima cyangwa ko yoba yarishwe. Turasaba inzego zishinzwe umutekano gukora inshingano zabo.”

Gusa muribi bice bya Fizi abitwaza Intwaro (Imbunda), nibenshi kuko nabasivile ubwabo barazitwaza nubwo bitemewe namategeko ibi bikaba biri mumpamvu nyamukuru itera umutekano muke muraka gace ka Fizi.

Ikindi nuko muribi bice hakunze kuba ibikorwa byurugomo kwica, gusahura n’ibindi bikorwa byo kutubahiriza agateka kazina muntu.

Kuri uyu wa mbere Kandi abakobwa bane(4), bomubwoko bwa Babembe bafite Imyaka 7 kugeza 10 bafashwe kungufu numugabo wari w’itwaje imbunda aba bana babakobwa nimugihe bari bagiye gushaka inkwi zogucanisha mumazu ico gikorwa cabereye hafi no kwa Nundu.

Ibi bibaye mugihe aha haheruka ga gushimutwa abakozi babiri bakora mwishirahamwe rya “IMC” bashimuswe n’abantu bitwaje intwaro batazwi, bashimutirwa mugace kitwa Lukongo.

Naho tariki 14.03.2022 Abaganga bane( 4), bo mu kigo nderabuzima cya Katalukulu bashimuswe n’abantu bari bitwaje intwaro, nimugihe bari bageze hafi y’inkambi y’impunzi ya Lusenda ahaba Abarundi bahunze mumwaka wa 2015.

Tariki 25.12.2022, hashimuswe umushoferi w’ikamyo nawe yashimuswe n’abantu bari bitwaje imbunda nimugihe yarageze mugace ka Itota.

Tags: FiziGufata KungufuGushimuta
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

ITURI :The International Criminal Court “ICC" Prosecutor Karim Khan In Bunia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?