• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Guverinema ya RDC, yiyemeje gutsinda umutwe wa M23, muburasirazuba bw’iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
June 30, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abategetsi muri Republika ya Democrasi ya Congo, biyemeje kwinjira murugamba nyirizina bahanganyemo n’a M23 kugeza barutsinze kandi biyemeza ko bazatahana Intsizi.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 30/06/2023, saa 4:40pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Hirya nohino mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, habaye ibirori byokwizihiza umunsi w’ubwigengenge ugira uwa 63, murubwo buryo niho abayobozi batandukanye bagiye bafata ijambo maze bavuga ko bagiye kwinjira mubihe byo gutsinda umutwe wa M23, umaze igihe kingana n’umwaka nigice bahanganye ningabo za Republika ya Democrasi ya Congo. N’intambara yasize uyu mutwe wa M23 wigaruriye ibice byinshi byo muburasirazuba bw’iki gihugu.

Umuyobozi wa Gisirikare wa 34ème région militaire Gen Major Bruno Mpenzo, yagize ati : “Tugomba gutinyuka kandi ikiruta byose tugomba gushira ubwoba. Umwanzi wacyu ari mubicye bya Kibumba kandi urebye abantu bose bahungiye aho turi tugomba kumenya abo turibo. Twizere kandi ko ingabo zacyu zitaheba umujyi wa Goma, twitegure gutsinda umwanzi wacyu M23 urubyiruko rwose rwa Goma tugomba gufatikanya.”

Gen Major Bruno Mpenzo, yasezeranije kandi aba Congomani ko vuba ingabo ze zizaba zamaze kwirukana abagize M23 mubicye byose babarizwamo.

Ibikandi byatangajwe n’a Perezida Félix Tshisekedi, ubwo yaramaze guhabwa ijambo rijyanye n’isabukuru y’ubwigenge bw’iki gihugu igira iya 63.

RDC imaze igihe ihanganye mu ntambara n’umutwe wa M23; igashinja u Rwanda kuba ari rwo ruwufasha.

Tshisekedi mu ijambo rye ryatambutse kuri Televiziyo y’igihugu RTNC yavuze ko yiteguye kurinda ubusugire bw’igihugu cye, kugeza kibonye intsinzi ya nyuma.

Yagize ati: “Ndashimira ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo,ziri gukora ubutaruhuka mu rwego rwoguhashya umwanzi no kugira ngo amahoro n’umutekano by’ingenzi mu iterambere ryacu bigaruke.”

“Nimwizere ko iyi ntambara turwana buri munsi kugira ngo turinde ubusugire bw’igihugu cyacu tuzayirwana kugeza ku ntsinzi ya nyuma.”

Ni Tshisekedi washimangiye ko kuri ubu ubushobozi bwa FARDC bwo guhangana n’uriya mutwe umaze umwaka ugenzura bimwe mu bice byo muburasirazuba bw’iki gihugu ahanini muri Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: 34ème région militaireGeneral Major Bruno Mpenzogutsinda umutwe wa M23Perezida Félix TshisekediRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Dr Lazare Sebitereko, yafunzwe Uvira muntara ya Kivu yamajy'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?