
Kuruyu wa Kane tariki 06.04.2023, nibwo hashojwe isuzuma ry’iciciro Cya Kane Cya Opération yahawe izina “Shujaa”.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 07.04.2023, saa 7:25 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Opération yiswe “Shujaa” ihuza ingabo zibihugu bibiri, Uganda n’a Republika ya democrasi ya Congo (RDC), kumunsi w’ejo hashize tariki 06.04.2023, nibwo habaye gusuzuma ibikorwa uko bihagaze muciciro cakane, hakaba hifuzwa ko yahagarikwa.
Iyi Opération yashizweho kugira irwanye inyeshamba zomumutwe wa ADF Naru, iz’inyeshyamba zikomoka mugihugu ca Republika ya Uganda. Ahagana mumwaka wa 2021 mukwezi kwa 11 nibwo iyo opération yatangiye kugaba ibitero mubirindiro byizonyeshamba.
Generali Wilson Mbasu Mbadi, Umuyobozi w’ingabo z’igihugu cya Uganda yavuze ko ibirindiro bimwe na bimwe bya ADF byasenywe, inkambi nyinshi zarasenyutse ndetse na bamwe mu bayobozi babo baricwa, abandi barafatwa.
Icyakora, imbogamizi nyinshi ziracyahari nkuko yabitangaje, harimo kugenzura urujya n’uruza rw’abarwanyi ba ADF ibi na Gavenor w’intara ya Kivu Yaruguru mubyagisirikare bwana Lieutenant General Ndima Constant yabikomojeho nawe avugako hakiriko hashakishwa uburyo bagenzura neza ADF Naru.
ADF Naru, numutwe witerabwoba, ibi byemezwa nimuryango mpuzamahanga harimo nuwa ONU dore ko nurukiko mpanabyaha mpuzamahanga rwasohoye Impapuro zoguta muriyombi bamwe mubayobozi bagize uwo mutwe wa ADF Naru.
Uyumutwe ushinjwa Ubwicanyi nubugizi bwanabi harimo gufata abagore kungufu mubice bya Beni nahandi muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC).




